Ubuyobozi bw’ishuri rya College APPEC Remera-Rukoma riherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma, kuri uyu wa 17 Kamena 2022 bibutse abari abanyeshuri, abarezi n’ababyeyi bishyize hamwe bagashinga iri shuri bishwe muri Jenoside yakorewe...
Read More
Muhanga: Ababyeyi basabwe kurinda abana ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’imirimo ivunanye
Mu birori byo kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe umwana w’Umunyafurika, ababyeyi basabwe kurinda abana babo ibibazo bituma bava mu mashuri bakajya mu buzererezi, aho usanga ibyo bibaviramo kwishora mu biyobyabwenge. Hasabwe kandi ko abana barindwa...
Read More
Kamonyi: GS Remera Rukoma bibutse abari Abarimu, Abanyeshuri n’Abakozi bishwe muri Jenoside 1994
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’Amashuri rwa Remera Rukoma ruherereye mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 15 Kamena 2022 bibutse ku nshuro ya 28 abari Abarimu, Abanyeshuri n’Abakozi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. By’umwihariko abanyeshuri...
Read More
Muhanga: Abatuye ibice by’icyaro barasaba ko”Land week” ibegerezwa aho kubera mu mujyi gusa
Bamwe mu batuye mu mirenge y’icyaro mu karere ka Muhanga, barasaba ubuyobozi bw’Akarere ko icyumweru giharirwa serivisi z’ubutaka kidakwiye kubera mu mujyi gusa. Bavuga ko gukorwa bityo bigora abatuye mu bice by’icyaro nyamara ari...
Read More
Ngororero: Umubare 190 mu bukangurambaga bwo kurinda inda zitateguwe mu bangavu
Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero, Nkusi Christophe aremeza ko urubyiruko ni rubasha kumva ibikubiye mu bukangurambaga bwitiriwe umubare 190, bizatuma abarushuka bakarutera inda z’imburagihe batazagera ku migambi mibisha yabo kuko ruzaba rwarigishijwe neza, rwaramenye inzira...
Read More
Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye-UN rwanzuye ko Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko I La Haye
Urukiko mpuzamahanga rwa ONU/UN rwategetse ko uyu mugabo Kabuga Félicien ufungiye I La Haye mu Gihugu cy’u Buholandi, aho akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, agezwa imbere y’urukiko...
Read More
Kamonyi-Musambira: Uyu mwana wicaye ku Murenge akeneye ibirenze ibiryo
Yatawe na Mama we bivugwa ko yigiriye gushaka undi mugabo i Kigali mu kwezi kwa Gatatu k’uyu mwaka wa 2022. Yasize uyu mwana w’umuhungu w’imyaka 11 wiga mu mwaka wa Kabiri ku ishuri wibanza...
Read More
Ngororero: RIB yaburiye abarimu bahohotera abanyeshuri bitwaje ububasha babafiteho
Umunyamabanganga mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, Kalihangabo Isabelle yasabye abanyeshuri kudahishira abarimu babima amanota bashaka kubahohotera. Mu byo bemereye uru rwego, ni uko bagiye kuba ijwi rya RIB muri bagenzi babo, bagaharanira kwanga icyaha...
Read More
Amajyepfo: Ibibazo ni uruhuri ku bavukanye ubumuga bwo kutavuga no kutumva
Hashize igihe dukurikirana iyi nkuru ku bibazo bibangamiye Abafite ubumuga bukomatanije ndetse twanakoze icukumbura tujya mu turere twa Nyanza, Ruhango, Muhanga ndetse na Kamonyi, aho ababyeyi babyaye abana bakaza kugira ubu bumuga bwo kutavuga...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Amwe mu mafoto yihariye utabonye MINUBUMWE igabira Akarere Inka y’Indashyikirwa
Umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi, niwo wahize indi yose mu karere no ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, uba uwa Gatatu(3) mu mirenge 416 igize Igihugu mu bikorwa by’intore z’Inkomezabigwi byasojwe ku wa 25...
Read More