Urubanza RP.0154/14/TGI/MHG rwa Egide Mazimpaka na bagenzi be rwasomwe. Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga ku gicamunsi cya taliki ya 28 Mutarama 2016, rwasomye urubanza rwa Egide Mazimpaka, Thomas Kabanda hamwe n’abo baregwa hamwe bose bagera...
Read More
Dr Kaberuka Donald yashinzwe ikigega cy’amahoro muri Afurika yunze ubumwe
Nyuma yo kuyobora neza Banki ny’Afrika itsura amajyambere agasoza manda ye Dr Kaberuka Donald yongeye kugirirwa icyizere na Afurika. Dr Kaberuka Donald umunyarwada w’imyaka 64, nyuma yo kurangiza manda ku mwanya wo kuyobora Banki...
Read More
Muhanga: Miliyoni zisaga 451 nizo zagiye ku isanwa ry’akarere
Mu muhango wo gutaha inyubako ivuguruye y’akarere ka Muhanga ngo asaga miliyoni 451 nizo zakoreshejwe. Kuri uyu wa 26 Mutarama 2016, nibwo akarere ka Muhanga katashye inyubako yako ivuguruye nyuma y’igihe gisaga...
Read More
Kamonyi: Abadepite baranenga ubuyobozi kutita ku isuku n’imirire
Mu rugendo rugera ku cyumweru intumwa za rubanda zimaze mu karere ka kamonyi ntizishimiye ibijyanye n’isuku nke n’imirire mibi igaragara mu bana. Intumwa za rubanda zashoje icyumweru cy’urugendo zagiriraga mu karere ka kamonyi...
Read More
Umujyi wa Kigali wabonye abakobwa bazawuhagararira mu gushaka Nyampinga
Ba Nyampinga bagera ku icyenda nibo bazahagararira umujyi wa Kigali mu gushaka Nyampinga uhiga abandi w’umwaka wa 2016. Umujyi wa Kigali niwo washoje igikorwa cyo gushaka umukobwa uzaba Nyampinga kuri uyu wa 23 Mutarama...
Read More
Ibuye ry’ifatizo ryashyizwe ahazubakwa uruganda rw’ibiva k’umuceri
Ibisigaye ku muceri utonorwa ( ibishogoshogo ) bigiye kubyazwa ibicanwa bizunganira Amakara, inkwi n’ibindi bisanzwe bicanwa. Uruganda rutonora umuceri rwa Mukunguri mu karere ka Kamonyi umurenge wa Mugina mu gihe kitarenga amezi atatu rugiye...
Read More
Amavubi yongeye kwerekana ko urubori rwayo rurindwa mubi
Nyuma y’uko inzovu za cote d’ivoire zumviye urubori rw’amavubi kuri uyu munsi hari hatahiwe Ibisamagwe bya Gabon. Gukora amateka ntabwo bigombera ubunini cyangwa se ubunararibonye ubu nubu, ahubwo bisaba kumenya icyo ushaka , aho...
Read More
Nyuma yo kuva mu itorero imihigo ikomereje ku rugerero
Intore z’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye aribo Inkomezabigwi bashoje itorero bagiye gukomereza ku rugerero. Itorero ry’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu gihugu hose ryashojwe, nyuma yo gusozwa intore zahawe ubutumwa buzerekeza ku rugerero ndetse zigira...
Read More
Gutanga inshimwe no kwishimira “Yego” mu murenge wa Mugina
Abaturage b’umurenge wa Mugina mu Karere Ka Kamonyi nyuma y’amatora ya Referandumu yo gutora “Yego” bakoze ubusabane mu rwego rwo kwishimira kuba baratoye Yego kandi bakaza ku isonga mu karere kose. Gutora Yego mu...
Read More
Impanuka ikomeye yangije imodoka babiri barakomereka bikabije
Mu ikorosi ry’i Gihinga umanuka uva ku karere ka Kamonyi wenda kugera kuri banki y’abaturage ya Runda Taba impanuka yangije imodoka bikomeye umushoferi na kigingi we barakomereka bikabije. Ahagana isaa tanu z’amanywa nibwo imodoka...
Read More