Nyuma y’amasaha asaga 28 bategereje ko nyabarongo ikama kugira ngo bambuke, umuhanda wafunguwe bashima Imana. Guhera murukerera ahagana saa kumi n’imwe za Taliki ya 9 Gicurasi 2016, umuhanda Kigali-Muhanga abawukoresha baba abaturuka mu ntara...
Read More
Abadivantisite mu Rwanda basabwe ubufatanye mu kurwanya ibyaha
Itorero ry’abadivantisite b’umunsi wa 7 n’abayoboke baryo mu Rwanda, basabwe na Polisi y’u Rwanda ubufatanye mu kurwanya ibyaha. Polisi y’u Rwanda yasabye Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi mu Ntara y’Amajyepfo kugira uruhare mu kurwanya...
Read More
Ukekwaho Jenoside yariyoberanyije ariko birangira afashwe
Nyuma y’imyaka itanu aza mu Rwanda ku mazina atazwi kubera guhunga icyaha akekwaho, Polisi y’u Rwanda yaramucakiye. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 10 Gicurasi 2016, Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo ukekwaho Jenoside yakorewe...
Read More