Mu gihe hitegurwa isubukurwa ry’ibiganiro bihuza abarundi mu rwego rwo gushaka umuti w’ibibazo biriho, intumwa z’umuhuza muri ibi biganiro zashoje uruzinduko zarimo ziganira n’abatavugarumwe n’ubutegetsi bw’uburundi. Itsinda ry’abantu batandatu b’intumwa z’umuhuza mu biganiro by’abarundi...
Read More
Umuganga w’ibitaro bya CHUK yapfiriye mukazi aho akorera
Nyuma yo kumara iminsi ibiri nawe arwariye kuri ibi bitaro bya CHUK abereye umukozi, muganga Bisetsa Aphrodis yapfiriye mukazi kubitaro akoreramo. Bisetsa Aphrodis, wari umuganga mubitaro bikuru bya kaminuza bya Kigali CHUK, yaguye muri...
Read More
Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu mazi zashatse gukiza ubuzima bw’abantu zisanga byarangiye
Abantu batatu barohamye mu kiyaga cya kivu kuri uyu wa gatanu, ubwo ingabo z’u Rwanda zirwanira mu mazi (RDF marine Regiment) zajyaga gukiza ubuzima bwabo zasanze bamaze gupfa. Kuri uyu wa gatanu taliki ya...
Read More
Ingabo z’u Rwanda zibungabunga amahoro muri Santarafurika zambitswe imidari
Ingabo z’u Rwanda za Batayo ya 3 zibungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye muri Repuburika ya Santarafurika (CAR), Kuri uyu wa kane taliki 22 Nzeri 2016 bambitswe imidari ya Loni. Abasisirikare b’u Rwanda bashimirwa uburyo...
Read More
Rusizi: Umutingito wangije ibitari bike unahitana ubuzima bw’umuntu
Kuri uyu mugoroba w’italiki 23 Nzeli 2016, umutingito wateje ibyago bitari bike aho wangije ndetse ugahitana ubuzima bw’umuntu Umutingito wumvikanye mubice bimwe na bimwe by’u Rwanda, kuri benshi wabasizemo ubwoba, bamwe bahunga ibice bari...
Read More
Kamonyi: Muri Rugarika, ba Kavukire barasaba kutirengagizwa mu myubakire
Imyubakire uko igenda irushaho kujyana n’iterambere, bamwe mu baturage bavuga ko bavukiye muri aka karere, ntabwo bashimishwa no kubona abimukira barushaho kugenda babimura aho bavukiye kubera ikigero cy’imyubakire ikenewe bo batibonamo. Mu gikorwa cyahariwe...
Read More
Abakekwaho ubujura 88 beretswe abaturage, babwirwa ko nta bwinyagamburiro bafite
Nyuma y’uko abaturage bo mu ntara y’uburasirazuba basezeranijwe na Polisi ko izafata abajura babibira amatungo, 88 muribo batawe muri yombi berekwa abaturage banabwirwa ko amategeko abategereje. Mu rwego rwo kugaragariza abatuye mu Ntara y’Iburasirazuba...
Read More
Kamonyi: Umunyeshuri na mwarimu bari mu maboko ya Polisi
Nyuma y’ikiganiro mpaka (Debate) cyahuje impande ebyiri z’abanyeshuri mu kigo cy’amashuri cya Ecose Musambira, mwarimu n’umunyeshuri bafunzwe na Polisi. Mu kiganiro mpaka cyahuje amatsinda abiri y’abanyeshuri Taliki ya 20 Nzeli 2016, mu kigo cy’ishuri...
Read More
Umuryango CARSA wibukije umukoro urubyiruko rufite mu kuba ba Mahoro b’u Rwanda
Mu bikorwa biganisha ku iterambere n’Amahoro arambye, urubyiruko rusabwa kugaragaza uruhare bwite rwarwo bivuye mubitekerezo byarwo aho gutekererezwa. Mu biganiro umuryango CARSA wagiranye n’abanyeshuri n’abarezi b’ibigo by’amashuri bitandukanye kuri uyu wa 20 Nzeli 2016...
Read More
Polisi ishinzwe umutekano wo mu mazi, irashimirwa iby’ikorera abakoresha ibiyaga n’inzuzi
Abaturage hirya no hino baturiye ibiyaga n’inzuzi zitandukanye hano mu Rwanda, barishimira uburyo Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi ridahwema kubafasha mu bikorwa byabo bitandukanye bakorera mu mazi. Nk’uko bamwe...
Read More