Ahagana ku i saa Cyenda zishyira saa kumi z’igicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Nyakanga 2019 mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Ruyenzi ho mu Murenge wa Runda, umurambo w’umusore bigaragara ko umaze iminsi...
Read More
Kamonyi/Runda: Ubuyobozi bwazindukiye guhumuriza abaturage b’I Rukaragata bishwemo umwe
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Runda buri kumwe n’inzego z’umutekano muri iki gitondo cyo kuwa 20 Nyakanga 2019 bwazindukiye mu Mudugudu wa Rukaragata, Akagari ka Gihara guhumuriza no gufata mu mugongo abaturage baho nyuma y’uko umugizi...
Read More
Kigali: Umusore yafashwe akekwaho kwiyita umupolisi akambura abaturage abizeza kubaha serivisi
Muri iki cyumweru dusoza nibwo abaturage bo mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo bahaye amakuru Polisi y’u Rwanda ko Iyakaremye Theophile agenda yiyita umupolisi akabaka amafaranga abizeza ko azabaha ibyangombwa by’ubuziranenge bw’ibinyabiziga bitangwa n’ikigo cya...
Read More
IBINTU BYOSE BITANGIRIRA KU KANTU GATO UKOZE MU KWIZERA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge bwakomereje ku mipaka
Kuri uyu wa gatanu tariki 19 Nyakanga 2019, Ubu bukangurambaga bwakorewe ku mupaka wa Croniche uhuza igihugu cya Congo n’akarere ka Rubavu, ku mupaka wa Rusizi, ku mupaka wa Cyanika wo mu karere ka...
Read More