Itariki yo kuburana kwa Khalid Sheikh Mohammad ukekwaho kuba ariwe wacuze umugambi w’ibitero byo kuwa 11 Nzeri 2001 byashegeshe Amerika yatangajwe. Khalid Sheikh Mohammad, kimwe n’abandi bagabo bane baregwa mu rubanza rumwe, azaburanishirizwa mu...
Read More
Kamonyi: Meya yavuze ku mirenge ikize ikaba iya nyuma muri Mituweli
Mu nama Mpuzabikorwa yabaye kuri uyu wa 30 Kanama 2019, nyuma y’uko bigaragaye ko hari abayobozi bakiri inyuma muri Mituweli kugera aho bamwe bari munsi ya 60%, abandi bari hejuru ya 80%, Mayor Kayitesi...
Read More
Amakipe ya Polisi yegukanye ibikombe n’imidali mu mikino ya EAPCCO 2019
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda ikina umukino njyarugamba uzwi ku izina rya Karate yitwaye neza mu marushanwa ahuza amakipe y’ibihugu bihuriye mu muryango w’akarere k’Iburasirazuba (EAPCCO). Iyi kipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye ibikombe...
Read More
Kigali: Batatu barimo umushoferi w’ikamyo bafatanwe udupfunyika tw’urumogi dusaga ibihumbi 18
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge yeretse itangazamakuru abagabo batatu bafatanwe udupfunyika 18800 tw’urumogi mu modoka bari barimo y’ikamyo...
Read More
Kamonyi: Bararwana no kurangiza ikibazo cy’ubwiherero 4,000 butujuje ibisabwa
Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi, Kayitesi Alice yatangarije mu nama Mpuzabikorwa yo kuri uyu wa 30 Kanama 2019 ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ubwiherero ibihumbi bine butujuje ibisabwa. Ni ikibazo kigarutse bwa kabiri kuko Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge...
Read More
Nyamagabe: Abagore babiri bafatanwe udupfunyika turenga 700 tw’urumogi
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 kanama 2019, mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika Polisi ifatanyije n’abaturage yafatanye abagore babiri, Dusabimana Fridausi w’imyaka 35 na Mukasafari Olive w’imyaka...
Read More
Rusizi: Umuturage yafashwe akekwaho gucuruza magendu y’ibikomoka kuri Peterori
Ibi Polisi y’u Rwanda ibivuze nyuma y’aho kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama 2019, ifashe umuturage witwa Ntibaziyabaremye Faustin ufite imyaka 39 wacururizaga mazutu iwe mu rugo mu murenge wa Rwimbogo mu karere ka...
Read More
Nyarugenge: Umugabo yafatanwe amakarito arenga 500 y’ibinyobwa bitemewe
Mu rwego rwo kurwanya icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibinyobwa bitemewe kuri uyu wa 26 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyarugenge yafatiye mu bubiko bw’inzu y’uwitwa Sibomana Eugene amakarito...
Read More
Kamonyi/Rugalika: Uwari umaze iminsi itatu mu nda y’isi yakuwemo ari muzima
Dusabimana Ildephonse w’imyaka 47 y’amavuko wari umaze iminsi itatu mu kirombe gicukurwamo amabuye y’urugarika bazi ko yapfuye yakuwemo ahagana ku i saa kumi zo kuri uyu wa 28 Kanama 2019 ari muzima. Uyu Dusabimana,...
Read More
Kamonyi: Umukozi w’Akarere arakekwaho ibyaha birimo inyandiko mpimbano
Murasira Alexis, umukozi w’Akarere ka Kamonyi ukora muri One Stop Center (mu biro bishinzwe iby’ubutaka n’imyubakire) akurikiranyweho ibyaha birimo gukora inyandiko mpimbano, birimo no kugekwaho kwandika inyandiko ( Recommendation) akigana sinyatire y’umuyobozi w’Akarere ndetse...
Read More