CG Emmanuel K. Gasana, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo yitabiriye ihuriro ry’Abanyerunda kuri uyu wa 24 Kanama 2019, abaha umukoro wo kunoza ibyo bakora, abasaba kwirinda icyo aricyo cyose cyababera inzitizi yo kugera ku iterambere bagamije,...
Read More
DRC: Abarobyi barasaba Leta gufunguza bagenzi babo basaga 100 bafungiye muri Uganda
Ishyirahamwe ry’abarobyi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (FECOPEILE) ryasabye Leta ko yinjira mu kibazo cy’abarobyi bagera ku 140 bafungiye muri Uganda aho 102 muri bo bahamijwe ibyaha bagakatirwa Igifungo. Ikibazo cy’aba barobyi kimaze...
Read More
Ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye si uguhangana hagati y’abagore n’abagabo-ACP Kamunuga
Ibi umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe imicungire y’abakozi Assistant Commissioner of Police (ACP) Yahaya Kamunuga yabitangaje ubwo hasozwaga amahugurwa y’iminsi itanu agamije gushimangira ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye muri Polisi y’u Rwanda yaberaga ku cyicaro gikuru...
Read More
Amarushanwa mugiyemo ni urugamba nk’urundi mugomba gutsinda-IGP Dan Munyuza
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Kanama 2019, umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ari kumwe n’umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborere DIGP/AP Juvenal Marizamunda ndetse n’abandi...
Read More
Central Africa: Umuyobozi wa MINUSCA yasuye itsinda rya Polisi y’u Rwanda ribungabunga amahoro
Kuri uyu wa 23 Kanama 2019, Umuyobozi w’ibikorwa bya LONI bigamije kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Central Africa (MINUSCA) yasuye itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari mu bikorwa byo kubungabunga amahoro n’umutekano bafite icyicaro mu...
Read More
Kamonyi: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka ikomeye
Ku mugoroba w’uyu wa Gatanu Tariki 23 Kanama 2019 mu Murenge wa Gacurabwenge urenze gato ahazwi nka Rwabashyashya mu ikorosi rihari werekeza ku Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye aho Tagisi Minibus yinjiye mu...
Read More
Kamonyi: Ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe yishe mushikiwe akoresheje ifuni anakomeretsa Nyina bikomeye
Ahagana ku i saa kumi n’ebyiri n’iminota 30 z’Igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Tariki 23 Kanama 2019 mu Mudugudu wa Musebeya, Akagari ka Muganza ho mu Murenge wa Runda uwitwa Bikorimana w’imyaka 32,...
Read More
Abakorera mu Gakiriro ka Gisozi bongerewe Ubumenyi mu kizimya inkongi y’umuriro
Mu rwego rwo kurwanya inkongi z’umuriro zibasira abantu n’ibyabo, Polisi y’u Rwanda yakomeje ibikorwa isanzwe ikora byo kongerera ubumenyi abanyarwanda mu bijyanye no kurwanya no bakwirinda inkongi z’umuriro by’umwihariko mu bigo by’amashuri, ibitaro, amahoteli,...
Read More
Kamonyi: Imibare y’abanyoye ikigage bakajyanwa mubitaro yageze ku bantu 33
Imibare mishya y’abanyoye ikigage yageze ku bantu 33 bajyanwe kwa muganga. Abantu 14 baravuwe barataha, mu gihe 19 aribo baraye mu bitaro harimo 3 bakirwariye mu bitaro bya Remera Rukoma na 16 baraye mu...
Read More
Kamonyi: Abantu 17 bari mubitaro bazira “Ikigage”
Abaturage 17 bo mu Mudugudu wa Mbari, Akagari ka Karengera ho mu Murenge wa Musambira bari kwa muganga, aho bikekwa ko bazira ikigage banyoye mu bukwe bwabereye aho mu Mudugudu kuri uyu wa 21...
Read More