Dr Charles Murigande yabwiye abitabiriye inama yo kuwa 27 Nzeri 2019 yateguwe n’urwego rw’umuvunyi, aho baganiraga ku itegeko ryerekeye kubona amakuru (access to information law) ko kuvuga ngo abantu bararizi ari nk’ihame ariko ntaho...
Read More
Igipimo cyo kugera ku makuru mu myaka itanu cyazamutseho 21% – Peacemaker-MHC
Mbungiramihigo Peacemaker, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’inama nkuru y’Itangazamakuru-MHC, yabwiye abitabiriye inama yo kuwa 27 Nzeri 2019 yigaga ku bijyanye no kugera ku makuru ( access to information) ko kuva mu 2013 kugera 2018 ibipimo byazamutse...
Read More
Ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro bukomereje mu nsengero
Ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu mihanda buzwi ku izina rya “Gerayo Amahoro” burakomeje. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2019 ubu bukangurambaga bwabereye mu rusengero rw’itorero rya Restoration Church riherereye mu mujyi...
Read More
Huye: Mu kwezi kumwe abantu 20 bafatanwe litiro 1890 z’inzoga zitemewe n’ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye iravuga ko itazihanganira abantu bakora bakanakwirakwiza ibinyobwa bigira ingaruka k’ubuzima bw’abaturage, aribyo inzoga zitemewe ndetse n’ibiyobyabwenge. Ni muri urwo rwego kuva mu ntangiriro z’uku kwezi kwa...
Read More
Rubavu: Barindwi bakekwaho gukwirakwizaga urumogi bafatanwe udupfunyika turenga 4400
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba k’ubufatanye n’abaturage ikomeje ibikorwa byo kurwanya no gukumira abakwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu. Ni muri urwo rwego mu bihe bitandukanye kuva tariki ya 25 Nzeri kugera tariki ya...
Read More
Kamonyi: Yapfiriye mu bitaro nyuma y’ukwezi arokotse urupfu
Dusabimana Ildephonse wamaze iminsi itatu mu nda y’Isi yagwiriwe n’ikirombe mu Murenge wa Rugalika akaza gukurwamo ari muzima akajyanwa kwa muganga, mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Nzeri 2019 yaguye mu bitaro bya...
Read More
Gatsibo: Ukekwaho ibikorwa byo kwangiza imiyoboro y’amazi yatawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere Gatsibo mu murenge wa Kageyo irakangurira abaturage kwirinda kwangiza ibikorwa remezo Leta iba yarabagejejeho kuko baba badindiza iterambere ry’igihugu. Ibi Polisi ibivuze nyuma y’aho kuri uyu Kane tariki...
Read More
Kamonyi: Imvubu yongeye gukuka irishanya n’inka nk’ibisanzwe itikanga rubanda-Amafoto
Ku gicamunsi cy’uyu wa Gatanu Tariki 27 Nzeri 2019 imvubu yakutse imusozi ivuye mu ruzi rwa Nyabarongo iri kumwe n’icyana cyayo byamaranye agahe gato birishanya n’inka mu rwuri ruri mu gice giherereye mu Murenge...
Read More
Kamonyi: Umwanda mu mashuri, imyitwarire mibi y’Abanyeshuri byatunguye Itsinda rya MINEDUC
Abagize itsinda rya Minisiteri y’Uburezi-MINEDUC bari kuzenguruka mu mashuri hirya no hino mu Karere ka Kamonyi no mu gihugu muri rusange, kuri uyu wa 26 Nzeri 2019 batunguwe n’imwe mu myitwarire idahwitse y’abanyeshuri ndetse...
Read More
Iburasirazuba: Abantu batanu bafashwe bakekwaho ibiyobyabwenge birimo Kanyanga n’urumogi
Mu rwego rwo kurwanya ikorwa n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, ku itariki ya 25 Nzeri 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba ifatanyije n’inzego z’ibanze bafashe abantu batanu (5) bakoraga bakanakwirakwiza ibiyobyabwenge. Mu karere ka Gatsibo...
Read More