Gushyingirwa mu nsengero biremewe, mu gihe insengero nazo zishobora gukomorerwa vuba

Itangazo ry’inama y’abaminisitiri yo kuwa 16 Kamena 2020 yabereye muri Village Urugwiro ikayoborwa na Perezida Kagame, rivuga kugeza ubu abashaka gushyingirwa mu nsengero n’amadini bakomorewe ariko ku mubare w’abantu batarenga 30. Insengero zosanzwe zishobora gukomorerwa mu minsi 15 ariko bikazaterwa n’uko ibintu bizaba bimeze.

Photo/Middle East Monitor

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →