Itangazo rya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu risohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2020, rigaragaza ko tumwe mu Tugari duherereye mu turere twa Nyamagabe na Nyamasheke dushyizwe mu kato/Guma murugo nibura iminsi 15....
Read More
Kigali na Nyamasheke ku isonga mu mibare y’abarwayi benshi ba Covid-19 uyu munsi
Imbonerahamwe y’imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima ku miterere y’icyorezo cya Covid-19 mu masaha 24 y’uyu munsi wa 14 Nyakanga 2020, igaragaza ko mu barwayi 38 bakuwe mu bipimo 5,705, Kigali ifitemo 18 mu gihe...
Read More
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice, yasabye ubufatanye n’izindi nzego
Umuyobozi mushya w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice, ubwo yahabwaga ku mugaragaro inkoni y’ubutware bw’iyi ntara kuri uyu wa 14 Nyakanga 2020, yasabye abayobozi b’inzego zitandukanye barimo n’ab’uturere bakoranaga gufatanya muri byose kugira ngo bateze imbere...
Read More
Kamonyi: Ntaho ngiye, nzahindura ibiro ariko tuzakomeza kubana-Governor Kayitesi
Kayitesi Alice wari meya wa Kamonyi akazamurwa kuba Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, kuri uyu wa 14 Nyakanga 2020 yijeje Tuyizere Thaddee wamusimbuye mu nshingano ko nubwo azamuwe, ariko icyo akoze ari uguhindura ibiro gusa. Yasabye...
Read More
Abigisha gutwara ibinyabiziga muri ibi bihe bya Covid-19 bararye bari menge
Polisi y’u Rwanda iraburira abantu bafite amashuri yigisha gutwara ibinyabiziga ndetse n’abarimu babo kwirinda gukora iyo mirimo muri ibi bihe byo kurwanya icyorezo cya COVID-19. Polisi iributsa abaturarwanda bose ko ababikora barimo kunyuranya n’amabwiriza...
Read More
Igitutu cy’abigaragambya cyakuye umuhungu wa Perezida wa Mali mu nteko ishinga amategeko
Karim Keita, umuhungu wa Perezida Ibrahim Boubakar Keita uyoboye igihugu cya Mali, yavuye mu ku mwanya w’ubudepite mu nteko ishinga amategeko nyuma y’igitutu cy’abigaragambya banenga ibyavuye mu matora y’intumwa za rubanda aheruka, ariko kandi...
Read More