Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuzima ku cyorezo cya Covid-19, uko kiriwe kifashe mu masaha 24 ashize y’uyu wa 26 Kanama 2020, igaragaza ko abantu 88 aribo basanzwemo iki cyorezo mu bipimo 5,467 byafashwe none....
Read More
U Rwanda rwasabye u Bufansa guta muri yombi Col Ntiwiragabo Aloys
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko bwahaye Ubufaransa inyandiko zo guta muri yombi Aloys Ntiwiragabo ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uyu kandi yahoze ari ku ipeti rya Colonel mu ngabo zatsinzwe. Aloys...
Read More
Igihugu cya Mali cyahagaritswe muri Francophonie-OIF kubera ihirikwa ry’ubutegetsi
Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (Organisation Internationale de la Francophonie, OIF) kuri uyu wa 25 Kanama 2020 waraye uhagaritse by’agateganyo igihugu cya Mali mu banyamuryango bawo. Icyemezo cya OIF kije cyiyongera ku yindi...
Read More
Perezida Kim Jong-un yasabye abategetsi kwitegura ibyago bya Coronavirus n’umuyaga ukaze wa “Bavi”
Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, yaburiye abategetsi b’iki gihugu, abasaba kwitegura ibyago biturutse ku cyorezo cya coronavirus n’umuyaga ukaze witwa “Bavi”ushobora kwibasira iki gihugu muri iki cyumweru. Perezida Kim yagaragaye ayoboye...
Read More
Gukoresha umunwa mu mibonano mpuzabitsina bitera indwara yitwa BV- Bacterial Vaginosis
Ubushakashatsi bwatangajwe ndetse bukandikwa mu kinyamakuru PLoS Biology, bugaragaza ko gukoresha umunwa mu mibonano mpuzabitsina bishobora gutera igitsina cy’umugore cyangwa umukobwa indwara yitwa ‘bacterial vaginosis’ cyangwa BV. BV cyangwa Bacterial Vaginosis, ntabwo ari indwara...
Read More
Laurent Gbagbo wayoboye Cote d’Ivoire yangiwe kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’Igihugu
Laurent Gbagbo wahoze ari Perezida wa Côte d’Ivoire yangiwe kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa cumi uyu mwaka wa 2020, nyuma yuko urukiko rushimangiye icyemezo cy’akanama k’amatora. Claude Mentenon, umwunganizi...
Read More
Kamonyi: Guverineri Kayitesi yasabye ubufatanye mu kubaka ibyumba by’amashuri
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice asaba inzego z’ubuyobozi, abapatanye kubaka ibyumba by’amashuri mu karere ka Kamonyi n’abandi bireba ko bakwiye gukorera hamwe bakihutisha imirimo y’iyubakwa by’ibi byumba mu gihe nibura kitarenga kuwa 15 Nzeri...
Read More
Ibyumba by’amashuri muri Kenya byahinduwe ahororerwa inkoko kubera Coronavirus
Icyemezo cya Leta ya Kenya cyo gufunga amashuri yose kugeza mu kwezi kwa mbere umwaka utaha mu rwego kwirinda coronavirus cyatumye amashuri menshi yigenga agorwa no kubaho, nkuko bikubiye muri iyi nkuru y’abanyamakuru ba...
Read More
Abishwe na Covid-19 babaye 15 mu gihe abarwaye babaye 231
Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima ku cyorezo cya Coronavirus, igaragaza ko mu masaha 24 y’uyu wa 25 Kanama 2020 habonetse umuntu umwe wishwe n’iki cyorezo, ariwe wuzuza umubare w’abantu 15 kimaze guhitana, mu gihe...
Read More
Kamonyi-Mukunguri: Huzuye uruganda rwa “Kawunga”
Niyongira Uzziel, umuyobozi w’uruganda rusanzwe rutunganya umuceli rwa Mukunguri, avuga ko bujuje urundi ruganda rwa Kawunga, ruje gutanga ihiganwa ku isoko rya Kawunga haba mu bwiza no mu buryohe. Abatunganyaga n’abacuruza akawunga kadasobanutse babe...
Read More