Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, avuga ko abaryamana bahuje ibitsina ari abana b’Imana. Yemeje ihuriro ry’amashyirahamwe y’abaryamana bahuje igitsina ku nshuro ya mbere kuva yafata umwanya wa papa. Iki cyemezo cyije...
Read More
Kamonyi: DASSO baremeye utishoboye, bamuha inka bamusaba kutazimya igicaniro
Abagize urwego rwunganira akarere mu gucunga umutekano( DASSO) bo mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 21 Ukwakira 2020, baremeye umuturage utishoboye wo mu kagari ka Buguri, Umurenge wa Rukoma, bamugabira Inka, bamuha umuganda...
Read More
Kamonyi/Kayenzi: Urubyiruko rurasaba rugenzi rwarwo kugendera kure Amacakubiri n’Ivangura
Urubyiruko rw’abasore n’inkumi mu Murenge wa Kayenzi, Akarere ka kamonyi nyuma y’uko kuri uyu wa 20 Ukwakira 2020 bahawe ibiganiro kuri gahunda ya “Ndi Umunyarwanda”, aho bareberaga hamwe uruhare rwabo mu kurwanya Amacakubiri n’Ivangura,...
Read More
Coronavirus: Brazil igiye gukingiza abantu urukingo CoronaVac rw’Ubushinwa
Igihugu cya Brazil kirateganya gukoresha urukingo rwakorewe mu Bushinwa mu mugambi w’igihugu wo gukingira coronavirus, nk’uko abategetsi baho babivuga. João Doria, guverineri wa leta ya São Paulo, yavuze ko guverinoma yabo yemeje kugura doze...
Read More
Nigeria: Abigaragambya ‘bishwe barashwe’ i Lagos
Amakuru avuga ko bamwe mu bitabiriye imyigaragambyo yo kwamagana ibikorwa by’urugomo bya polisi ya Nigeria bishwe barashwe cyangwa bagakomereka mu murwa mukuru w’ubucuruzi wa Lagos. Uwabibonye yabwiye BBC ko yabaze imirambo igera hafi kuri...
Read More
Huye: Abashoferi bagiye kuruhuka imvune zo kujya gusuzumisha ibinyabiziga(Controle technique) i Kigali
Abatwara imodoka mu karere ka Huye, baravuga ko kuba bagiye kubona isuzumiro ry’ibinyabiziga(Controle technique) bizabaruhura ingendo bakoraga bajya i Kigali, aho izi ngendo bakoraga zanabatwaraga umwanya n’amafaranga menshi yaba aya essence n’icumbi mu gihe...
Read More
Kamonyi: Gufata ibisenge by’inzu, ni ukurengera ubuzima n’amafaranga byari bigiye-Meya Tuyizere
Umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka kamonyi, Tuyizere Thaddee, kuri uyu wa 20 Ukwakira 2020 mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Bihembe, Umurenge wa Rugalika, yasabye abaturage gufata no kuzirika ibisenge by’inzu zabo bigakomera, kuko aribwo...
Read More
Minisitiri w’Intebe agiye gusubiza ubusabe bw’abaturage ku izamuka ry’ibiciro by’ingendo
Ibiro bya Minisitiri w’intebe, kuri uyu wa 20 Ukwakira 2020 byatangaje ko byakiriye ubusabe bw’abaturage ku izamurwa ry’ibiciro by’ingendo, ko kandi mu gihe cya vuba hatangwa igisubizo. Ni nyuma y’aho hanze aha nta yindi...
Read More
Koroshya ingamba za Covid-19, birashyira ubuhinde mu kaga, mu kwezi 1 hitezwe Miliyoni 2,6 z’abanduye
Itsinda rigize akanama ry’ubumenyi muri guverinoma y’ubuhinde riraburira iki gihugu ko itangira ry’imbeho nyinshi n’iminsi mikuru iri imbere bishobora gutera umuvuduko mwinshi wabandura Covid 19 mu gihe amategeko yakoroshywa. Iri tsinda rivuga ko hashobora...
Read More
Bugesera: Impungenge Ni zose ko hari abashobora kwivanga mu kibazo cy’umwana wasambanyijwe
Ku mugoroba w’uyu wa 18 Ukwaira 2020, mu nzu zicumbikwamo zizwi nka Loji-Lodge, ziherereye ahazwi nko mu irango mu murenge wa Mareba, kurugabano n’uwa Ruhuha ho mu karere ka Bugesera, hafashwe umugabo bivugwa ko...
Read More