Tariki ya 17 Ukwakira buri mwaka, isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wo guhakana ubukene. ubushakashatsi bwerekana ko Kugeza mu 2030, nubwo ibihugu byinshi bya Afurika biri kuzamura ubukungu no kurwanya ubukene, abantu 9 ku 10...
Read More
Ihingwa ry’urumogi mu mboni za Mutimawurugo Claire, urwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge
Umuhanzi Mutimawurugo Claire, impirimbanyi mu kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, avuga ko nubwo hemejwe ihingwa ry’urumogi mu Rwanda ku bw’inyungu z’inganda zikora imiti, ko asanga hakwiye gukaza ingamba zizatuma hatabaho icyuho cy’uko rwakwirakwizwa mu baturage. Mutimawurugo...
Read More
Niba RURA idashobora gutega amatwi abanyarwanda ikorera, abayobozi bayo begure-Depite Habineza Frank
Depite Habineza Frank, Umuyobozi w’ishyaka The Democratic Green Party of Rwanda( ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda) muri iki gitondo cya tariki 19 Ukwakira 2020, ari mu kiganiro Zinduka kuri Radio na...
Read More
Bwa mbere mu myaka 70, umugore agiye guhabwa igihano cy’urupfu
Amerika igiye gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu ku mugore ufungiye muri gereza yo ku rwego rwa leta, igihano cya mbere kigiye guhabwa umugore mu myaka igera hafi kuri 70 ishize, nkuko byavuzwe n’ibiro by’ubutabera...
Read More
Inkangu yatabye ikigo cya Gisirikare muri Vietnam
Muri Vietnam harimo gushakishwa abasirikare 11 bari mu bari mu kigo cyabo kikarengerwa n’inkangu. Iki gihugu cyugarijwe n’imyuzure, ya mbere ikaze cyane ibayeho mu myaka myinshi ishize. Kugeza ubu imirambo 11 ni yo imaze...
Read More
Depite Habineza Frank avuga ko RURA yirengagije inyungu za rubanda mu kugena ibiciro by’ingendo
Intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepitse, Dr Habineza Frank avuga ko ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro-RURA, mu kugena ibiciro by’ingendo ngo cyabigennye mu nyungu z’abashoramari aho kureba mu nyungu...
Read More
Mu nkiko ni nko ku Nkiko, kuhagenda ni ukwigengesera-Barore Cleophas
Mu ijambo rye nk’umuyobozi w’urwego rw’Abanyamakuru bigenzura-RMC, Barore Cleophas ubwo kuri uyu wa 16 Ukwakira 2020 hasozwaga amahugurwa y’iminsi itatu yagenewe Abanyamakuru ku Burenganzira bwa Muntu no gukora inkuru ku butabera, yibukije buri wese...
Read More
Perezida Kagame, yashyizeho abasenateri 4 barimo Me Evode Uwizeyimana na Prof Dusingizemungu Jean Pierre
Kuri uyu wa gatanu tariki 16 Ukwaakira 2020, ashingiye ku biteganwa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo muri 2003 ryavuguruwe muri 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 80, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika...
Read More
Gisagara: Yakurikiye ingurube mu mwobo wa metero 25 apfiramo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15 Ukwakira 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’umugabo wo mu karere ka Gisagara wapfiriye mu mwobo wa metero 25 aho yagiye akurikiye ingurube yari yaguyemo agezemo...
Read More
Gisagara/Gishubi: Gahunda y’irerero ibonwa nka kimwe mu bisubizo ku burezi bw’abana
Abatuye akarere ka Gisagara, Umurenge wa Gishubi, Akagari ka Nyakibungo, bavuga ko biyemeje kugira uruhare mu bibakorerwa kuko bibafasha kugera ku iterambere ryifuzwa ku gihe. Gahunda y’amarerero, ni kimwe mubyo aba baturage bavuga ko...
Read More