Umunsi wabanjirije uyu, iki cyorezo cyari cyahitanye 5 naho 257 barakirwara. Imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima igaragaza uko mu masaha 24 y’uyu wa 16 kiriwe cyifashe, igaragaza ko abakirwaye ari 277 mu gihe cyahitanye...
Read More
Covid-19: Mu buryo budasanzwe, imibare yatumbagiye, 5 bapfuye mu gihe 257 barwaye
Kuva icyorezo cya Coronavirus cyatangazwa mu Rwanda, kuri uyu wa 15 Mutarama 2021, imbonerahamwe y’imibare y’iki cyorezo nkuko yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima mu masaha 24 y’uyu wa 15 Mutarama 2021, nibwo habonetse imibare itarigeze...
Read More
Abahanzi, Lady Gaga na Jennifer Lopez bazaririmba mu irahira rya Perezida Joe Biden
Lady Gaga na Jennifer Lopez biteganyijwe ko bazaririmba mu mihango yo kurahiza umukuru w’igihugu mushya wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden. Lady Gaga niwe uzaririmba indirimbo y’igihugu muri uyu muhango uzaba kuwa...
Read More
Kamonyi/Ruyenzi: Iyo Polisi itagoboka hari igice cyari kigiye gushya kigakongoka
Ahagana ku I saa mbiri n’iminota 20 z’uyu wa 09 Mutarama 2021, inzu ifite imiryango 2 y’uwitwa Nishimwe iherereye ahateganye n’icyapa cy’imodoka zijya Kigali ku Ruyenzi, yafashwe n’inkongi y’umuriro. Iyo ishami rya Polisi rishinzwe...
Read More
Kubwo kutizera Amerika, Kim Jong-Un wa Koreya ya ruguru yiyemeje kwigwizaho ibitwaro kirimbuzi
Umukuru wa Koreya y’Amajyaruguru Kim Jong-un avuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari wo “mwanzi mukuru” w’igihugu cye, kandi ko atizeye ko Washington ishobora guhindura Politike yayo kuri Pyongyang-yaba uwo ari we wese...
Read More
Perezida Trump yavuze ko atazitabira irahira ry’ugomba kumusimbura, Joe Biden
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika witegura gutanga ubutegetsi, ahamya ko atazitabira ibirori biteganijwe kuwa 20 Mutarama 2021 by’irahira rya Joe Biden ugomba kumusimbura ku ntebe y’umukuru w’Igihugu. Abinyujije kuri Twitter,...
Read More
Kamonyi: Igishanga cya Kayumbu kidatunganije, kibangamiye Impuzamakoperative“Impuyabo”
Ubuyobozi bw’Impuzamakoperative y’ubuhinzi“ Impuyabo” ibarizwa mu Murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, babangamiwe n’igishanga cya Kayumbu bakoreramo ibikorwa by’ubuhinzi kidatunganijwe. Umuhinzi arahinga, Ibiza byaza agataha amara masa. Ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko hari icyo burimo...
Read More
Minisiteri y’uburezi yatangaje itangira ry’amashuri y’incuke n’abanza kuva muwa 1-3
Minisiteri y’uburezi ibinyujije ku rubuga rwa Twitter, kuri uyu wa 07 Mutarama 2021 yashyize ahagaragara ingengabihe y’itangira ry’amashuri y’incuke n’ay’ikiciro cya mbere cy’amashuri abanza guhera mu mwaka wa mbere kugera muwa Gatatu. Ni nyuma...
Read More
USA: Imyigaragambyo y’abashyigikiye Perezida Trump yaraye iguyemo abantu bane
Abantu bane bapfuye mu myigaragambyo y’abashyigikiye Perezida Donald Trump ubwo bateraga ingoro y’inama nshingamateka (y’abadepite), Capitol. Ni mu gihe imitwe yombi y’inteko yateranaga ngo yemeze burundu Perezida Joe Biden watowe. Umugore umwe yarashwe n’abapolisi,...
Read More
Kamonyi/Runda: Umuyobozi w’ikigo cy’ishuri na Mwarimu bari bakocoranye batabarwa n’abari hafi
Mu kigo cy’urwunge rw’amashuri-GS Muganza kiri mu murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, ntibyoroshye kumenya nyirabayazana w’intambara yavutse hagati y’umuyobozi w’ikigo na mwarimu. Umuyobozi ati “mwarimu yasohotse mu biro yiruka akururiraho urugi ararukomeza nanjye...
Read More