Umuyobozi(Chairman) w’Umuryango FPR Inkotanyi, akaba na Meya w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yibukije abanyamuryango ko ibyagezweho mu myaka 35 byaturutse ku bufatanye. Yasabye Abanyamuryango kudatezuka, ahubwo bagakomeza kurandata abagifite intege nkeya bigafasha Igihugu kugera...
Read More
DR Congo: Umunyakenya ukekwaho gutega igisasu cyahitanye abasaga 10 mu rusengero yacakiwe
Umuntu w’ubwenegihugu bwa Kenya yahagaritswe akekwaho kugira uruhare mu Gitero cy’Igisasu cyatezwe mu rusengero I Kasindi mu Ntara ya Kivu ya Ruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri iki cyumweru tariki...
Read More
DR Congo: Igisasu cyaturikiye mu rusengero, abantu basaga 10 bahasiga ubuzima
Igisasu cy’igicurano cyishe abantu barenga 10 gikomeretsa benshi mu bari mu rusengero kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023 mu mujyi wa Kasindi mu ntara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo, nk’uko...
Read More
Muhanga: Baciriwe amarenga ku nzu zishaje n’ibibanza bitubatse biteza umwanda mu mujyi
Abafite ibibanza bitubatse n’Inzu bigaragara ko zishaje mu mujyi wa Muhanga basabwe kubaka no kuvugurura kuko urukomatane rwa byombi bitera umwanda. Bibukijwe ko mu gihe bitaba bikozwe, izi nzu zishaje zafungwa, ibibanza bitubakwa bikamburwa...
Read More
Karidinali wahamijwe ibyaha byo gusambanya abana b’abahungu yapfuye
Kardinal George Pell wahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina ku bana b’abahungu bikajegeza Kiliziya, mbere y’uko icyo cyemezo gikurwaho, yapfuye ku myaka 81. Uyu wahoze ashinzwe imari i Vatican, niwe munya-Australia wageze hejuru cyane...
Read More
USA: Umwana w’imyaka 6 yajyanye imbunda ya Nyina ku ishuri arasa mwarimu we
Umunyeshuri w’imyaka itandatu yakoresheje imbunda ya nyina mu kurasa mwalimu we muri Amerika, nk’uko Polisi ibivuga. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere, Polisi muri Leta ya Virginia yavuze ko uyu mwana yazanye iyo...
Read More
Perezida Kagame Paul yagize icyo avuga ku mpanuka yakomerekeyemo abana bajyaga ku ishuri
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 09 Mutarama 2023, imodoka ya Coaster( Kwasiteri) yari itwaye abanyeshuri biga kuri Path to Success mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yakoreye impanuka muri aka Karere...
Read More
Muhanga: Abikorera barasabwa gushyiraho ikigega cy’imyidagaduro cyareshya ababagenderera
Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Intara y’Amajyepfo, Parfait Busabizwa arasaba abikorera bo mu karere ka Muhanga kongera gutekereza ku bikorwa by’imyidagaduro byatuma abagenderera aka karere bakomeza kwiyongera bakabafasha kuzamura ubukungu bwabo n’Akarere muri rusange. Yabigarutseho mu birori...
Read More
Muhanga: Abavuka kubakora uburaya baravuga ko icyizere cy’ubuzima cyatakaye bajya kwicuruza
Abana bavuka ku babyeyi bishoye mu bikorwa byo kwicuruza ”Uburaya” baravuga ko kubera kutitabwaho n’ababyeyi babo bituma batakaza icyizere cy’ubuzima ndetse benshi muri bo bakaba bamaze kwishora mu bikorwa byo kwicuruza bagamije kubona amaramuko....
Read More
Amajyepfo-Expo: Guverineri Kayitesi aributsa abamurika ibikorwa guhanga udushya dukurura ababagana
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitsi Alice asanga abikorera bakwiye gukomeza kugira uruhare mu gutanga serivisi nziza ku baza babagana. Abibutsa kandi ko ibyo bakora bikwiye guherekezwa no guhanga udushya dutuma ubagana ataza yikandagira. Guverineri Kayitesi,...
Read More