Mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2023-2024 mu karere ka Ngororero ugereranije n’imyaka yabanje ubu byazamutse. Inyungu ku muturage mu guhindura ubuzima bwe kuba bwiza kurushaho zishyizwe imbere, hamwe n’ibikorwa bitandukanye by’iterambere birimo; Amashuri, Imihanda,...
Read More
Muhanga/ Eid Al Adha: Basabwe gutamba igitambo kuko ari umugenzo wo kwiyegereza Imana
Umuyobozi w’Abayislam mu ntara y’amajyepfo, Sheikh Ntawukuriryayo Ismael yasabye abayislam kwiyegereza abafite ibibazo barimo; Impfubyi, Abakene n’Abapfakazi, bagasangira nabo ibyishimo by’umunsi w’igitambo cy’umukurambere Aburahamu ubwo yajyaga gutamba umwana we w’Ikinege Ismael mu rwego rwo...
Read More
Muhanga: Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2023-2024 yazamutseho 2%
Ingengo y’imari iteganijwe gukoreshwa n’Akarere ka Muhanga mu mwaka wa 2023-2024 yiyongereyeho miliyoni 650 Frw, zingana na 2%. Bivuze ko yageze kuri 32,846,940,227 Rfw, ivuye kuri 32,172,500,730 Rfw zari ziteganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari...
Read More
Muhanga: Abagera ku bihumbi 4 bagereranya Al Maktoum Foundation nka Malayika waziye abakene n’Impfubyi
Abanyeshuri biga mu ishuri rya Siyansi ry’abakobwa(ESFIH) ryanshinzwe n’umuryango Muhammed Bun Rashid Al Maktoum Hummanitarian & Charity Est, baravuga ko ibikorwa by’uyu muryango birimo n’iri shuri ryigamo abakobwa basaga 320 barimo 180 bishyurirwa n’uyu...
Read More
Muhanga: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abarangije amasomo muri CEFOPPAK kwigisha abandi ubuhinzi butangiza ibidukikije
Nyiricyuhahiro Musenyeri Balthazar NTIVUGURUZWA, Umwepiskopi wa Diyoseze ya Kabgayi yasabye abarangije amasomo mu Kigo cya CEFOPPAK (Centre de formation professionelle et de promotion Agro-Ecologique de Kabgayi), ko ubumenyi bahavanye badakwiye kubwicarana, ko babubyaza umusaruro,...
Read More
Bwa mbere mu mateka, uturere 17 twacunze neza imari ya Leta
Ni gacye cyane mu myaka ishize wari kumva amakuru yuko imicungire y’Imari ya Leta yagenze neza mu nzego zitandukanye by’umwihariko mu nzego z’ibanze cyane ko hakunze kuvugwa amakuru ku ikoreshwa nabi, inyerezwa ry’amafaranga n’itangwa...
Read More
Muhanga: Umwanda ukabije mu nzu zicumbikira abantu( Lodge) urasiga benshi bahinnye akarenge
Bamwe mu bakoresha ibyumba bya zimwe nzu zicumbikira abagenzi n’abandi bagenda mu Mujyi w’Akarere ka Muhanga, baravuga ko umwanda ukabije ugaragara ushobora gukumira benshi. Abagana uyu mujyi, baratabaza ubuyobozi bw’inzego zitandukanye bazisaba guhagurukira iki...
Read More
Muhanga: Amashusho y’urukozasoni yitiriwe umugore utuye i Muhanga arayahakana
Umugore utuye mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, Akagali ka Ruli, Umudugudu wa Murambi witwa Mukanyandwi Francine, arahakana yeruye ko atariwe ugaragara mu mashusho y’urukozasoni (Ubusambanyi) yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga. Ahamya ko abayakwirakwije...
Read More
Kamonyi-Runda: Inzu y’umuturage yahiye irakongoka
Ahagana ku i saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa 19 Kamena 2023, mu Mudugudu wa Nyagacaca, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi hahiye inzu y’umuturage witwa Nzaramba Jean Pierre...
Read More
Paris/Biguma: Kwicira Abatutsi mu Kiliziya kwari ukwereka Abahutu ko Abatutsi n’Imana yabanze-Umutangabuhamya
I Paris mu gihugu cy’Ubufaransa hakomeje urubanza rw’Umunyarwanda Hategekimana Filipo uzwi ku izina rya Biguma wahoze ari Umujandarume. Akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri uyu wa 16 Kamena 2023, umunsi wa 23 w’urubanza,...
Read More