Abajura bibye Moto mu gihugu cya Uganda bayambukana mu Rwanda none polisi y’u Rwanda yarayicakiye iyishyikiriza banyirayo. Polisi y’u Rwanda yashyikirije ikigo cyo mu gihugu cya Uganda gikora ubushakashatsi mu bijyanye n’ubuhinzi cyitwa International Institute of...
Read More
Ngororero: 30% by’indwara ziterwa n’umwanda zituruka ku kudasukura amazi yo kunywa
Bamwe mu baturage, kutita ku isuku y’amazi bakoresha yaba anyobwa cyangwa akoreshwa mu yindi mirimo biri mu bibakururira indwara zitandukanye. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Muhororo byo mu karere ka ngororero, buravuga ko indwara bakunze kuvura...
Read More
Kamonyi: Kwitwa gafotozi ari umugore ntibimubuza gutera imbere
Uwanyirigira Chantal, mu myaka isaga 11 amaze afotora( gafotozi) amaze kwigeza ku rwego rushimishije nubwo yatangiye benshi bamukwena. Uwanyirigira Chantal, ni umubyeyi wubatse ufite umugabo n’abana batatu, atuye mu murenge wa Nyamiyaga akagari ka...
Read More
Kirehe: Umugabo arafunze azira gufatanwa imiti acuruza magendu
Mu kagari ka Rugarama, umurene wa Kigina, umugabo akurikiranyweho gucuruza imiti kuburyo bwa magendu. Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe, yafatanye umugabo uri mu kigero cy’imyaka 23 y’amavuko imiti y’ubwoko butandukanye ya magendu...
Read More
Kamonyi: Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi barasaba urwibutso kuri Nyabarongo
Nyuma y’urugendo rwo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi 1994, abarokotse mu murenge wa runda basabye urwibutso rw’ababo bajugunywe muri uyu mugezi. Taliki ya 15 Mata 2016, ubwo mu murenge wa Runda...
Read More
Kongo Kinshasa, irasaba iperereza ku bitero bivugwa ko byagabwe ku Rwanda
Kubwa Lambert Mende, umuvugizi wa Leta ya Kongo, ngo hakwiye kujyaho Komisiyo yo gushaka ibimenyetso kugira ngo hamenyekane ikigomba gukorwa. Nyuma y’uko Igisirikare cy’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 16 Mata 2016...
Read More
Muhanga: Imfungwa yari ifungiye kuri Sitasiyo ya Polisi yarashwe irapfa
Mbyariyehe, wari ufungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kiyumba, ubwo yageragezaga gutoroka yarashwe ahita apfa. Uyu munsi tariki 17 Mata 2016, ahagana saa moya zo mu gitondo, Mbyariyehe Olivier wari ufungiye muri Kasho ya...
Read More
Abakorera abandi ibizamini byo gutwara ibinyabiziga barye bari menge
Babiri bafunze bazira gukorera abandi ibizami bikorera impushya zo gutwara ibinyabiziga. Abagabo babiri batawe muri yombi kuri uyu wa kane mu karere ka Kayonza bakurikiranyweho gukorera abandi ibizamini by’impushya z’agateganyo zo gutwara ibinyabiziga. Abo...
Read More
Kamonyi: Umurenge wa Runda bibutse bashyira indabo mu mugezi wa Nyabarongo
Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi, hashyizwe indabo mu mugezi wa nyabarongo kuko benshi mu batutsi bishwe mu gihe cya Jenoside bajugunywe muri Nyabarongo. Kuri uyu wa 15 Mata 2016,...
Read More
Kamonyi: Yaragije inka ya “Gira inka” none byamuviriyemo kuyinyagwa
Umubyeyi Uwanyirigira Agnes, arasaba kurenganurwa agasubizwa inka ye yari yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka, nyuma y’uko ubuyobozi buyimunyaze bumushinja kuyiragiza no kuyigurisha. Umubyeyi Uwanyirigira Agnes wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Read More