Raporo y’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Right Watch” irashinja u Rwanda gufunga abakene rukanabahohotera. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Right Watch“, kuri uyu wa Kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, wasohoye raporo...
Read More
Polisi y’u Rwanda yatashye inyubako yayo ya Miliyoni 600 yujuje mu ntara y’amajyepfo.
Ibiro bya polisi y’u Rwanda mu ntara y’amajyepfo byatashwe kuri uyu wa kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, bitwaye amafaranga Miliyoni magana atandatu z’amanyarwanda. Kuri uyu wa Kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, Polisi...
Read More