Mvuyekure Alexandre, wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Gicumbi yafashwe na Polisi arafungwa. Kuri uyu wa kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru, yafashe uwahoze...
Read More
Leta y’u Rwanda yateye utwatsi Raporo y’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu
Raporo y’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Right Watch” irashinja u Rwanda gufunga abakene rukanabahohotera. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu “Human Right Watch“, kuri uyu wa Kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, wasohoye raporo...
Read More
Polisi y’u Rwanda yatashye inyubako yayo ya Miliyoni 600 yujuje mu ntara y’amajyepfo.
Ibiro bya polisi y’u Rwanda mu ntara y’amajyepfo byatashwe kuri uyu wa kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, bitwaye amafaranga Miliyoni magana atandatu z’amanyarwanda. Kuri uyu wa Kane Taliki ya 21 Nyakanga 2016, Polisi...
Read More
Abasirikare batatu b’abafaransa barishwe bibanza kugirwa ubwiru
Mu gihugu cya Libiya abasirikare batatu b’abafaransa bari mu mubare w’ingabo zitazwi umubare n’igihe zagereyeyo, barishwe bigirwa ubwiru. Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 20 Nyakanga 2016, Minisitiri w’ingabo mu gihugu cy’ubufaransa, yeruye atangaza...
Read More
Kamubuga: Imyaka ishize ari 4 bagitegereje ingurane z’ibyabo byangijwe na REG
Ubwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda (REG) cyanyuzaga umuyoboro w’amashanyarazi mu mirima y’abaturage, cyagombaga kubaha indishyi kubera imyaka yabo n’ibindi bikorwa cyangije. Imyaka ibaye 4 ntacyo barahabwa, amaso yaheze mu kirere....
Read More
Cyuve: Barishyuza ingurane y’imitungo yangijwe n’imashini zica imihanda
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Cyuve, cyane cyane abo mu mudugudu wa Marantima, mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru baravuga ko imitungo yabo yangijwe n’imashini ica imihanda nyamara bakaba batarahawe ingurane, kugeza...
Read More
Urubyiruko rugiye mu biruhuko rwasabwe kuba ijwi ry’impinduka
Abanyeshuri basabwe gukomeza amahame yo gukumira no kurwanya ibyaha aho bagiye mu biruhuko, bakirinda ndetse bagakangurira abandi gukumira no kurwanya ibyaha. Polisi ikorera mu turere dutandukanye, yakomeje gukora ubukangurambaga bwo kurwanya ibyaha mu bigo...
Read More
Ibipindi bigiye kuzasimbuzwa kwigishwa igisirikare – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, asoza itorero indangamirwa icyiciro cya 9, yavuze ko ubutaha mu cyiciro cya 10 hazigishwa cyane igisirikare kurusha ibipindi. Asoza ku mugaragaro itorero indangamirwa rigizwe n’abasore n’inkumi biga mu Rwanda...
Read More
Mu nama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe habuze usimbura Dr Dlamini Zuma
Mu gihe hari hitezwe ko inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU Summit) haba amatora asimbura Dr Nkosazana Dlamini Zuma, birangiye amatora asubitswe. Inama ya 27 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe...
Read More
Kicukiro: Abatazi gusoma, Kwandika no kubara bavugutiwe umuti
Mu gihe mu karere ka Kicukiro hagaragara umubare munini w’abatazi gusoma, kwandika no kubara, bamaze kuvugutirwa umuti uzabagirira akamaro. Abagize inama y’Igihugu y’abagore mu karere ka Kicukiro (CNF), bamaze kwiha gahunda yo gukura mu...
Read More