Imiryango 129 yo mu karere ka Kamonyi mu mirenge ine ariyo Musambira, Nyarubaka, Karama na Kayumbu yagabiwe inka 129 zizabafasha kuzamura imibereho y’ubuzima bwabo. Inka zagabiwe iyi miryango nkuko ari 129, zagabiwe abaturage batishoboye...
Read More
Kibeho: Ishwagara bazi ko baherewe Ubuntu n’umukuru w’Igihugu bayibona bishyuye
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Kibeho bavuga ko batishimiye uburyo bagurishwa ishwagara biherewe n’umukuru w’Igihugu k’ubuntu, kuri bo bifuza kuyihabwa ku buntu. Ubusanzwe igice kinini cy’ubutaka bwo mu...
Read More
Muhanga: Bamwe mu bangirijwe ibyabo n’urugomero, baracyategereje ingurane
Abaturage bamwe mu bangirijwe ibyabo n’urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo, bakomeje gutakambira ubuyobozi ngo bubahe ingurane y’ibyabo ngo kuko imyaka ibaye myinshi mu gihe hari abishyuwe cyera. Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Mushishiro...
Read More
Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abakekwaho ubujura
Abagabo 5 bafunzwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gufatanwa ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo za mudasobwa bari bibye mu ishuri ryisumbuye (GS) rya Nzove riherereye mu murenge wa Kanyinya akarere...
Read More
Rulindo: Batawe muri yombi aho bakurikiranyweho kwiba ibiro bisaga 400 by’amabuye y’agaciro
Mu gikorwa cy’umukwabu cyabaye tariki ya 4 Mutarama 2017, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo yafatanye abagabo babiri ibiro 419 by’amabuye y’agaciro yitwa Cassiterite ya sosiyeti yitwa “Rutongo Mining Company” iyacukura mu karere...
Read More