UmunzaUmuhesha w’Inkiko w’umwuga, ashingiye ku cyemezo cy’Urukiko Nomero 009/03/NP/2018 cyo kuwa 12 Werurwe Umwaka wa 2018 cyemeza cyamunara, aramenyesha abantu bose ko kuwa gatanu tariki ya 1 Kamena 2018 saa yine ( 10H00) z’amanywa...
Read More
Kamonyi: Umugabo arakerakera ku gasozi atinya kugirirwa nabi n’umugore bashakanye
Mugemana Evaliste, yashakanye na Uwamwezi Jacqueline, batuye mu Murenge wa Rugalika, bamaranye imyaka igera kuri 15. Uyu mugabo, yahungishijwe n’ubuyobozi aracumbitse kubwo kutizera umutekano we mu rugo bitewe n’umugore yashatse. Mugemana Evaliste, avuga ko...
Read More
Kamonyi: Bamwe mu baturage nti bavuga rumwe n’ubuyobozi kw’itangwa rya Girinka
Mu Murenge wa Gacurabwenge, Akagari ka Nkingo ho mu Mudugudu wa Mataba, bamwe mu baturage bari ku rutonde rw’abagombaga guhabwa Girinka ntabwo bemeranywa n’ubuyobozi ku cyatumye badahabwa inka kandi ngo bategujwe. Ibi babibonamo akarengane mu...
Read More
Kayonza: Abagabo 5 bafashwe na Polisi bakekwaho kwiba amadolari asaga ibihumbi 22 ya Amerika
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza yafatanye abagabo batanu Amadolari ya Amerika angana na 22,100 n’ibihumbi 200 by’amafaranga y’u Rwanda; bakaba bakekwa kuba barayibye uwitwa Mazimpaka Jean Nepo bayakuye mu modoka. Abafunzwe bakekwaho...
Read More
Icyumweru cy’ibikorwa bya Polisi 2018, hangijwe ibiyobyabwenge byafatiwe mu karere ka Burera
Abayobozi batandukanye mu Karere ka Burera bafatanije n’abaturage bangije ibiyobyabwenge byafatiwe mu mukwabu mu mezi atatu ashize. Ibi bikozwe muri iki cyumweru cyambere kibanza cy’ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi. Abayobozi batandukanye batanze ubutumwa busaba...
Read More
Kamonyi: Impanuka 99% zakabaye zirindwa-DICGP Dan Munyuza
Umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, Dan Munyuza yabwiye abitabiriye igikorwa cya Polisi cyo kugororera Umudugudu wa Wimana utararanzwemo ibyaha muri 2017 ko impanuka ziri ku kigero cya 99% zakagombye kuba zirindwa. Yasabye...
Read More
Kamonyi: Umurambo w’umugabo wabonywe ku nkombe z’umugezi mu kagari ka Nyarubuye
Mu ijoro rya tariki 16 Gicurasi 2018, umugezi wa Cyabariza bivugwa ko wishe Ndagijimana Wellars w’imyaka 36 y’amavuko. Nyakwigendera ngo yari akiri ingaragu. Amakuru avuga kandi ko ngo yari avuye aho yanywereye mu isantere...
Read More
Kamonyi: Ubuyobozi bw’Ikigo cy’ishuri n’Abarimu bakorera ubucuruzi kubana mu mazu ya Leta
Intumwa za Minisiteri y’uburezi-MINEDUC ziri mu bugenzuzi bugamije guteza imbere ireme ry’uburezi zatunguwe n’icyo zise ubucuruzi butemewe bukorerwa ku bana b’abanyeshuri mu mazu ya Leta mu ishuri ribanza rya Jean de PAPPE i Musambira....
Read More
Kamonyi: Umudugudu wa Wimana utararanzwemo ibyaha muri 2017 wagororewe na Polisi y’u Rwanda
Abaturage 443 batuye mu Mudugudu wa Wimana, Akagari ka Bibungo, Umurenge wa Nyamiyaga, kuri uyu wa 15 Gicurasi 2018 wahawe Umuriro ku baturage bose, wahawe Amazi, wubakirwa ibiro by’Umudugudu. Ni nyuma y’uko uyu Mudugudu...
Read More
Kamonyi: Urwunge rw’Amashuri rwa Bugoba rwashinjwe ivangura n’ikimenyane mu bana
Mu rugendo rw’itsinda rya MINEDUC n’abafatanyabikorwa bayo ku guteza imbere ireme ry’uburezi, urugendo rwatangiye tariki 2 rukazasozwa kuya 15 Gicurasi 2018, abarimu n’ubuyobozi mu rwunge rw’amashuri rwa Bugoba bashinjwe ivangura n’ikimenyane bishingiye ku kurutishanya...
Read More