Muri gahunda ya Polisi y’u Rwanda yo kurwanya ukwishora mu biyobyabwenge, tariki 25 Kamena 2018 yakoze imikwabu mu mirenge ya Rubavu na Gisenyi igamije gutafa abishora mu biyobyabwenge, ifata urumogi rungana n’ibiro 10 n’udupfunyika...
Read More
Kamonyi: Indwara itazwi yishe Inka 5 izisaga 10 zirimo gukurikiranwa
Uburwayi bufite ibimenyetso by’umuriro, kuva amaraso mu mazuru, mu kibuno no kutarya bumaze kwica inka 5 izisaga icumi ziracyakurikiranwa n’abaganga. Ibi bibaye mu byumweru gusa bi biri bishize. Ikigo gifite ubworozi mu nshingano zacyo-RAB...
Read More
Kayonza: Abaturage b’Umurenge wa Gahini biyemeje gukomeza kugira uruhare mu kwicungira umutekano
Ku itariki ya 26 Kanama 2018, abayobozi batandukanye barimo Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Harelimana Jean Damascene ari kumwe n’Umuyobozi wa Polisi muri aka karere Superintendent of Police (SP) Octave...
Read More
Itsinda ry’abapolisikazi ryagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’epfo
Bwambere muri Polisi y’u Rwanda hoherejwe itsinda ry’abapolisikazi 144 mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’epfo. Itsinda ryagiye, ryahawe inama n’impanuro zizabafasha gusohoza ubu butumwa. Kuwa gatatu tariki ya 27 Kamena...
Read More
Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro ikigo cy’uruganda ruzajya ruteranyiriza imodoka mu Rwanda
Atangiza ku mugaragaro ikigo cy’uruganda rwa Volkswagen mu Rwanda kuri uyu wa gatatu tariki 27 Kamena 2018, Perezida Kagame yatangaje ko iyi ari inkuru nziza kuri Afurika, ko ndetse bikuraho imyumvire kuri bamwe y’uko...
Read More
Kicukiro: Abamotari bakanguriwe kwirinda ibyaha bifitanye isano n’imirimo bakora ndetse n’ibindi muri rusange
Abakora umurimo wo gutwara Abagenzi kuri moto bakorera mu karere ka Kicukiro, ku wa mbere tariki 25 Kamena 2018 bakanguriwe kwirinda ibyaha, byaba ibifitanye isano n’imirimo bakora ndetse n’ibindi muri rusange. Ubu butumwa babuherewe...
Read More
Kamonyi: Umwana w’imyaka 13 yaguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro
Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu Murenge wa Runda, Akagari ka Kabagesera mu Mudugudu wa Rubuye, kuri uyu wa 24 Kamena 2018 cyahitanye umwana w’umuhungu w’imyaka 13 wari ugiye gushaka amabuye y’agaciro. Kuri iki cyumweru...
Read More
Kabarondo: Babangamiwe no kutamenya amakuru y’urubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu cyahoze ari Komine Kabarondo nti bamenya amakuru y’imigendekere y’urubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira baburanira mu Bufaransa. Kutamenya aya makuru, ngo bituma bumva bameze nk’aho uru...
Read More
Jenoside: Abaturage barasaba kujya baganirizwa mbere ku manza zibera mu mahanga
Abahagarariye imiryango iharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barasaba ko bajya baganirizwa mbere ku manza zigiye kuburanishirizwa mu mahanga ku bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside kuko nabo bibafasha kwitegura kuzigiramo...
Read More
Nyaruguru: Igitero cy’Abantu bataramenyekana cyishe abantu 2 gikomeretsa abandi 3 barimo Gitifu w’Umurenge
Mu gitero cy’abantu bataramenyekana cyagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 19 Kamena 2018 ahagana i saa sita z’ijoro, mu Murenge wa Nyabimata, Akagari ka Nyabimata ho mu Mudugudu wa Rwerere abantu...
Read More