Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari basaga 30, babiri bashya n’abakozi ba biri mu Mirenge ya Rukoma na Runda bashinzwe imicungire y’abakozi, imari n’ubutegetsi bahinduriwe aho bakoreraga. Iki gikorwa, Ubuyobozi bw’Akarere butangaza ko kigamije impinduka nziza mu...
Read More
Ubufaransa: Urubanza rwa Ngenzi na Barahira rwabaye imbarutso yo kugaruka ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside
Ngenzi Octavien na Tito Barahira, bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Basimburanye ku kuyobora icyahoze ari Komine Kabarondo mbere ya jenoside. Barimo kuburanishwa mu rukiko rw’ubujurire mu Bufaransa. Bumwe mu buhamya bumaze...
Read More
Ubufaransa: Abashinjura Ngenzi na Barahira bakomeje kuba bake
Mu rubanza rwitiriwe Kabarondo ruregwamo Ngenzi Octavien na Tito Barahira basimburanye ku buyobozi bwa Komini Kabarondo mbere ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, abatangabuhamya bashinjura bakomeje kuba bake n’ubwo ari bo bajuriye. Uruhande rw’abaregwa...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Hakozwe Umuganda wo kurwanya Malariya
Inzego z’ubuyobozi zitandukanye zikorera mu Murenge wa Rukoma, abaturage n’abakozi mu bitaro bya Remera-Rukoma kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Kamena 2018 bakoze umuganda wo kurwanya Malariya. Muri uyu muganda hatemwe ibihuru hanatangwa ubutumwa...
Read More
Ngororero: Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo batashye ibiro by’Umudugudu utarangwamo icyaha
Kuwa kabiri tariki ya 12 Kamena 2018, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Munyantwari Alphonse ari kumwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborere DIGP Juvenal Marizamunda batashye ku mugaragaro ibiro by’umudugu utarangwamo icyaha...
Read More
Rwamagana: Abapolisi bo mu bihugu byo mu Karere batangiye amahugurwa ku bijyanye no kubungabunga amahoro
Ku wa mbere tariki ya 11 Kamena 2018, mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda rya Gishari riri mu karere ka Rwamagana, hatangijwe amahugurwa y’Abapolisi bo muri aka karere ku bijyanye n’ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abaturage bizeye gukira indwara zitandukanye binyuze muri Army week
Mu cyumweru cyahariwe ibikorwa by’ingabo aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bitandukanye bi bateza imbere birimo no kubavura indwara zinyuranye, kuri uyu wa mbere tariki 11 mu bitaro bya Remera-Rukoma hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa byo...
Read More
Kamonyi: Amashirakinyoma ku bana 52 ba GS Bugoba barwaye kubera ibiryo bariye ku ishuri
Abanyeshuri 52 bo mu kigo cy’urwunge rw’amashuri cyitiriwe Mutagatifu Emmanuel cy’I Bugoba mu Murenge wa Rukoma tariki 8 Kamena 2018 n’iminsi 2 yakurikiye bajyanywe mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma y’amafunguro bariye mu kigo....
Read More
Amateka yanditswe hagati ya Perezida Trump wa Amerika na Kim Jong-Un wa Koreya ya ruguru
Ibitarigeze bibaho ndetse byafatwaga na benshi nk’ibidashoboka byabaye kuri uyu wa 12 Kamena 2018 ubwo Perezida Donald Trump uyoboye Amerika yahuraga na Kim Jong-Un uyoboye Koreya ya ruguru. Aba baperezida bombi bahuriye muri Singapore...
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Bibutse ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Murenge wa Kayenzi kuri uyu wa 9 Kamena 2018 bibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ubufatanye bwabo mu Kwibuka Jenoside ngo butanga icyizere ko amateka mabi yaranze igihugu adashobora kwibagirana. Abitabiriye uyu muhango basabwe...
Read More