Ibitaro by’amaso byigenga bizwi nka Rwanda Charity Eye Hospital biherereye mu Murenge wa Runda, Akagari ka Muganza kuri uyu wa 18 Kamena 2019 byasuwe na Prof. Shyaka Anastase arabitambagira, ashima isuku ibirangwamo. Ni ibitaro...
Read More
Kamonyi: Minisitiri Shyaka yasuye Umudugudu wa Ruramba awusigira umukoro
Umudugudu wa Ruramba wa mbere mu Mihigo mu karere, Kuri uyu wa 18 Kamena 2019 wasuwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase, asaba abawutuye ko kugeza Kamena umwaka utaha bagomba kuba besheje imihigo...
Read More
Nyabihu: Umugabo yafatanwe ibiro 13 by’urumogi bitewe n’abakarani
Kuri uyu wa 16 Kamena 2019, Polisi ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Mukamira yafatiye mu modoka itwara abagenzi Mujyarugamba Norbert w’imyaka 29 y’amavuko apakiye urumogi ibiro 13 mu mufuka w’ibirayi. Umuvugizi...
Read More
Kamonyi: Menya kandi usobanukirwe n’ubufasha mu by’amategeko butangwa ku buntu na HRFRA
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu-HRFRA (Human Rights First Rwanda Association), wibanda cyane ku buvugizi bw’abatishoboye, gutanga ubufasha mu by’amategeko ku buntu, kwigisha abaturage amategeko n’ibindi. Washinzwe mu mwaka wa 2009. Uyu muryango wagaragaye mu...
Read More
Rubavu: Babiri bafatiwe mu bikorwa by’ubucuruzi bw’amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko
Abantu babiri batuye mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi, kuri uyu wa 15 Kamena 2019, bafashwe na Polisi ihakorera bari mubikorwa byo kuvunja amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abafashwe ni Bahati Nzabara...
Read More
Rusizi: Basanga gupfa utabonye indishyi ari ugupfa utabonye ubutabera bwuzuye
Bamwe mu barokokeye Jenoside mu Karere ka Rusizi, by’umwihariko i Mibilizi, bavuga ko n’ubwo ababahekuye bagenda bafatwa ndetse abenshi bakanahabwa ibihano biremereye, ariko ngo hakwiye no gutangwa indishyi kugira ngo ubutabera bwuzure. Ibi babigarutseho...
Read More
Amajyepfo/Amatora ya RPF: Basabwe kumva no kuzirikana iteka amahame y’umuryango
Vuganeza Aaron watorewe kuyobora umuryango RPF-Inkotanyi ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo kuri uyu wa 15 Kamena 2019, yasabye Inkotanyi z’intara y’Amajyepfo kurushaho kumva no kuzirikana amahame y’umuryango ngo kuko bizabafasha gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje...
Read More
Gishari: DASSO 429 basoje amahugurwa abongerera ubumenyi
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi i Gishari, aba DASSO 429 barimo 37 b’igitsina gore baturutse mu mirenge yose y’igihugu basoje amahugurwa batyaza ubumenyi. Mu byumweru bitatu...
Read More
Kamonyi: Abaturage b’Umurenge wa Rukoma bashyikirije ingishywa intore ziri ku rugerero
Ingishywa igizwe n’ibiribwa birimo ibishyimbo ibiro 1200, Ibitoki bifite ibiro 350 nibyo byakusanijwe n’Abaturage b’Umurenge wa Rukoma kuri uyu wa 15 Kamena 2019 bishyikirizwa intore ziri ku rugerero ruciye ingando mu murenge wa Kayenzi....
Read More
Busasamana/Rubavu: Abaturage barasaba ko guhindurirwa icyiciro byakoroshywa
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Busasamana, mu Karere ka Rubavu, bifuza ko muri gahunda y’ibyiciro bishya by’ubudehe biriho bivugururwa, hazanitabwaho uburyo bwo korohereza uwifuza guhindura icyiciro ku mpamvu zumvikana. Ibi byavugiwe mu...
Read More