Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwongeye kwihanangiriza abantu bose bafite inshingano zo kurera (Ababyeyi n’abarimu) ndetse n’abandi banyarwanda muri rusange ko nta muntu wemerewe gukubita umwana bikabije bikaba byanamuviramo gukomereka ndetse n’ubumuga. Ibi Polisi...
Read More
Ruhango: Litiro zigera ku 1000 z’inzoga zitemewe zafashwe zimenerwa mu ruhame
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka Ruhango barakangurira abaturage gucika ku ngeso mbi zo gukora no gucuruza inzoga zitemewe kuko zibangiriza ubuzima ndetse bikaba binyuranyije n’amategeko. Ibi babikanguriwe nyuma...
Read More