Ishuri ribanza rya APPEC (EP-APPEC) Remera-Rukoma riherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma. Ryashinzwe mu mwaka wa 2003 n’umuryango APPEC, mu rwego rwo gufasha Leta gutanga uburere n’uburezi bifite ireme. Ryatangiranye abana 33,...
Read More
Kigali: Ibigo by’amashuri mpuzamahanga byiyemeje kurwanya ibiyobyabwenge
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Mutarama 2020, mu cyumba cy’inama cy’Umujyi wa Kigali habereye inama yahuje Polisi y’u Rwanda, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), umujyi wa Kigali ndetse n’abayobozi ba bimwe mu...
Read More
Huye: Polisi yafashe ukekwaho kwiba amafaranga arenga ibihumbi 960 i Nyaruguru
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Mutarama 2020 mu masaha y’umugoroba, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye yafashe umusore wari wibye amafaranga y’umucuruzi wo mu murenge wa Kibeho, akagari ka Kibeho,...
Read More
Nyabihu: Umusore yafatiwe mu modoka afite ibiro 7 by’urumogi
Polisi ikorera mu karere ka Nyabihu, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mutarama 2020, ahagana saa kumi n’imwe za mugitondo, yafashe umusore witwa Dusabimana w’imyaka 30 ukomoka mu kagari ka...
Read More
Kamonyi/Kayenzi: Umucungamutungo yatorotse akekwaho gusinyira bagenzi be
Kuva kuwa Gatanu tariki 24 Mutarama 2020, umukozi w’Akarere ka Kamonyi ukora nk’Umucungamutungo (Kontabure-accountant) mu Murenge wa Kayenzi ntabwo aragaragara mukazi. Birakekwa ko yaba yaratorotse nyuma y’amakuru avuga ko yaba yarafashe amafaranga muri banki...
Read More
Umutekano u Rwanda rufite niwo soko y’iterambere n’amajyambere”, IGP Dan Munyuza
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yabwiye abapolisi bo mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Bugesera ko umutekano u Rwanda rufite ariwo ntandaro y’amajyambere rumaze kugeraho. Ibi yabivuze mu gitondo cyo...
Read More
Kamonyi: Umwarimu avuga ko ibihumbi 500 byatumye yimwa umwanya yasabye (Mutation)
Dusabumuremyi Noel, umwarimu wasabye kwimurwa (Mutation) avanwa I Rusizi mu Bugarama akazanwa mu karere ka kamonyi kwegera abo mu muryango we, avuga ko ibihumbi magana atanu byatumye yimwa umwanya yasabye ugahabwa undi. Dusabumuremyi, yabwiye...
Read More
Kamonyi: Arashinja ubuyobozi bw’Ikigo Elite Parents School kugira uruhare mu rupfu rw’umwana we
Mukarusine Genepha, utuye mu Kagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka kamonyi, ahamya ko ubuyobozi bw’Ikigo Elite Parents School bwagize uruhare mu rupfu rw’umwana we INEZA Ajey Sagson. Ababazwa kandi no kuba Ubushinjacyaha...
Read More
Itorero ry’Abadivantisite b’umunsi wa karindwi hari icyo biyemeje muri gahunda ya “Gerayo Amahoro”
Mubiganiro byabere ku cyicaro gikuru cy’itorero ry’abadivantisite b’umunsi wa Karindwi mu Rwanda, giherereye mu mujyi wa Kigali kuri uyu 27 Mutarama 2020 bigahuza Polisi y’u Rwanda na bamwe mubayobozi b’iri torero baturutse hirya no...
Read More
Karongi: Abakekwaho magendu y’amabuye y’agaciro, bafatanwe ibiro bisaga 800 byayo
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2020, abapolisi bari mu kazi ko kurinda umutekano wo mu muhanda unyura mu murenge wa Rugabano mu karere ka Karongi werekekeza mu karere ka...
Read More