Ku munsi mukuru wa Mutagatifu Visenti Palloti witiriwe paruwasi ya Gikondo wabaye kuri uyu wa gatatu tariki 22 Mutarama 2020 nibwo hatashywe ku mugaragaro ingoro y’Imana, Kiliziya yaguye ijyanye n’igishushanyo mbonera cy’umujyi wa Kigali....
Read More
Kamonyi: Gahunda y’Irerero rusange-ECD yakanguye abana, ababyeyi babona umwanya uhagije wo gukora
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gaserege, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka ho mu Karere ka kamonyi bavuga ko kuva hatangira gahunda y’irerero rusange-ECD, byafashije abana babo mu by’ubwenge, baratinyuka, bagira imibanire...
Read More
Rwamagana: Abantu bane barashwe n’igisirikare bakekwaho ubujura
Abaturage bane bataramenyekana amazina, mu rukerera rwo kuwa 20 Mutarama 2020 bishwe barashwe n’abasirikare b’u Rwanda bari mu bikorwa byo gucunga umutekano. Abarashwe birakekwako bari abajura. Ibi byabereye mu Murenge wa Nyakariro. Umwe mu...
Read More
Ngoma: Yatawe muri yombi akekwaho gutanga ruswa ngo afunguze Sebukwe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Mutarama 2020, Polisi ikorera mu murenge wa Rukira mu karere ka Ngoma yafashe umugabo witwa Habumugisha Slyvestre w’imyaka 41 ubwo yageragezaga gutanga ruswa ingana n’amafaranga ibihumbi ijana...
Read More
Kamonyi/Gihinga: Umukecuru w’imyaka 90 mu buzima bwa” Mbarubukeye”
Ku myaka 90 y’amavuko, umukecuru Nyiramatama Speciose utuye mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge ho mu karere ka Kamonyi, abarizwa mu kiciro cya mbere cy’Ubudehe. Avuga ko abayeho mu buzima...
Read More
Rubavu: Bateye umugongo amabwire n’ibihuha byababuzaga kwikingiza EBOLA
Bamwe mu baturage bambukiranya umupaka wa Congo n’u Rwanda, ahazwi nka Petite Barierre, mu Karere ka Rubavu, bavuga ko ibihuha no kumva amabwire byari byaratumye hari bamwe batinya kwikingiza EBOLA. Kwigishwa, gusobanurirwa ndetse n’ubuhamya...
Read More
Nyarugenge: Babiri bakekwaho ubucuruzi bw’urumogi bafatanwe ibiro icumi byarwo
Mu rwego rwo kurwanya ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge mu baturage, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2020, ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rifatanyije n’abapolisi bakorera mu karere ka Nyarugenge, umurenge wa Kanyinya,...
Read More
Kurengera umwana ni inshingano ya buri wese kandi ni ukubaka u Rwanda rw’ejo-Polisi y’u Rwanda
Abahanga bavuga ko iyo ushaka gutegura igihugu cyiza cy’ahazaza uhera ku bana, ibi bigakorwa hubahirizwa uburenganzira bwabo, bigatuma bakura bakunda igihugu cyabo ndetse baharanira kuzagikorera ibyiza. Ubwo burenganzira bw’umwana bugenwa n’amategeko, twavuga kuvuzwa, kwiga,...
Read More
Abantu batanu batawe muri yombi bakekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya abakoresha bakanakwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu. Ni muri urwo rwego mu bihe bitandukanye ndetse n’ahantu hatandukanye, kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mutarama 2020 Polisi y’u Rwanda...
Read More
Rubavu: Abafite ubumuga barirengagijwe mu bikorwa byo gukumira no kurwanya EBOLA
Abafite ubumuga bakora ingendo bambuka umupaka muto (Petite Barierre) uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko basanga baribagiranye mu bikorwa bimwe na bimwe bifasha urujya n’uruza mu gukumira no kwirinda...
Read More