Emmanuelle Charpentier na Jennifer Doudna nibo batangajwe nkabahwe igihembo kitiriwe Nobel muri Chimie kukazi bakoze mu bijyanye n’ikoranabuhanga ryo gutunganya genome. Bateje imbere ibikoresho byo guhindura ADN. Ubuvumbuzi bwabo, buzwi nka Crispr-Cas9, ni uburyo...
Read More
Alpha Condé, Perezida wa Guinea: ati:”Ntabwo ndi umunyagitugu”
Mu kiganiro kihariye na RFI na France 24, Alpha Condé yemeje ko adashaka kuba perezida ubuzima bwe bwose. Ni nyuma yo guhindura Itegeko Nshinga, aho uyu muyobozi ashaka manda ya gatatu mu matora ya...
Read More
Umuhanzi mu njyana ya Reggae Johnny Nash yitabye Imana ku myaka 80
Johnny Nash, waririmbye mu myaka ya za 70 agatanga ibyishimo ubwo yaririmbaga imwe mu ndirimbo ze yakunzwe cyane yise”Ndabona neza ubu”, yapfuye afite imyaka 80. Umuhungu w’uyu muririmbyi aganira na TMZ yatangaje ko Johnny...
Read More
Mukura yabonye umutoza mushya, Djilali wahoze akinira Marseille yo mu Bufaransa
Umutoza Djilali w’imyaka 38, ashyizweho nyuma yo kugenda k’umunya Espagne Tony Hernandez watandukanye na Mukura mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2020. Ni umugabo w’umunya Algeria ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa. Hernandez yafashije...
Read More
Ubushakashatsi bwerekanye ko imbwa ishobora kugukunda, ariko ntikunde kubona mu maso hawe
Ushobora gutekereza ko imbwa yawe yishimiye kubona mu maso hawe, ariko ubushakashatsi bwashyizwe hanze bwerekana ko idakunda kubona mumaso yawe na agato. Ubushakashatsi, bwasohotse mu kinyamakuru cya Neuroscience, bwerekana ko imbwa zidakunda kureba mu...
Read More
Ethiopia yabujije ingendo z’indege hejuru y’urugomero rwa Nile ku bw’impamvu z’umutekano.
Kuri uyu wa mbere tariki 05 Ukwakira 2020, abategetsi i Addis Abeba babujije ingendo mu karere ka Benishangul-Gumuz, ahazubakwa urugomero runini rwa Renaissance Dam (GERD). Nta ndege iyo ariyo yose yemerewe kunyura muri aka...
Read More
Uganda: Coronavirus yatumye abatanga amaraso bagabanuka
Abashinzwe ubuzima muri Uganda bavuga ko gutanga amaraso byagabanutse cyane kuva icyorezo cya coronavirus cyatangira kuko abantu bake aribo batanga amaraso. Ifungwa ry’amashuri naryo ni imwe mu mpamvu zateye ibura ry’amaraso kuko benshi mu...
Read More