Abanyerondo mu murenge wa kimisagara, bafashe umunyamakuru wa City Radio baramukubita bamwambura ibye banamutesha akazi. Mugitondo cyo kuri uyu wa kane Taliki ya 16 Kamena 2016, mu murenge wa Kimisagara akagari ka Katabaro umudugudu...
Read More
Kamonyi: Imikorere n’imitangire ya Serivisi z’ubutaka mu mirenge irakemangwa.
Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Vincent Biruta, yigereye aho igikorwa cyo gutanga ibyangombwa by’ubutaka kibera muri Runda agaya imikorere y’abakozi bashinzwe iby’ubutaka mu mirenge. Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 15 Kamena 2016, Dr Minisitiri...
Read More
Kamonyi: Ikigo cy’ubutaka cyaruhuye abaturage ugusiragira baka ibyangombwa
Ibiro bishinzwe ubutaka mu ntara y’amajyepfo, byaramanutse byegera abaturage byifashishije imodoka irimo ibiro n’abakozi bo gufasha abaturage. Guhera kuri uyu wambere Taliki ya 13 kugera 17 Kamena 2016, abakozi bashinzwe iby’ubutaka mu ntara y’amajyepfo...
Read More
Menya kandi usobanukirwe aho izina RDF ryakomotse
Kwitwa RDF (Rwanda Defence Force) ntabwo ari ibintu byaje ku mpanuka mu ngabo z’u Rwanda. Ingabo z’u Rwanda zitwa RDF (Rwanda Defence Force) zikomoka ku ngabo zabohoye u Rwanda zitwaga mbere RPA (Rwanda Patriotic...
Read More
Ibitotsi n’ubusinzi byatumye yibagirwa ko atwaye abanyeshuri Polisi irahagoboka
Polisi y’u Rwanda iraburira ababyeyi n’amashuri nyuma y’uburangare bukabije bugaragara ku batwara abana babo. Nyuma y’impanuka yabaye kuri uyu wa kabiri mu gitondo Taliki ya 13 Kamena 2016, aho imodoka itwara abanyeshuri yarenze umuhanda...
Read More
Ifoto y’umukuru w’Igihugu cy’Uburundi yirukanishije abanyeshuri
Abanyeshuri basaga 200 mu gihugu cy’Uburundi, birukanywe mu masomo bazira gusiribanga n’umuti w’ikaramu ifoto ya Perezida Nkurunziza. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 14 Kamena 2016, abanyeshuri basaga 200 bo ku ishuri rya Gahinga...
Read More
Isange One Stop Center mu Rwanda yabaye ishuri ryiza kuri Congo Brazaville
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere muri Congo Brazaville, yashimye imikorere ya Isange One Stop Center. Ku itariki 12 Kamena 2016, Minisitiri w’uburinganire muri Congo Brazaville, Ingani Inès Nefer yasuye ishami rya Isange One Stop Center rya Kacyiru,...
Read More
Kigali: Abatagera kuri ½ ni bo bishimiye serivisi bahabwa mu bijyanye n’imibereho myiza
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) bwagaragaje ko abaturage bari munsi ya 50% ari bo bishimiye serivisi bahabwa mu bijyanye n’imibereho myiza. Bamwe muri abo baturage bavuga ko impamvu ari uko batazi izo serivisi...
Read More
Kayonza na Bugesera: Abaturage baranenga serivisi bahabwa mu butaka
Mu isuzuma ry’uko abaturage babona imiyoborere ibabereye n’imitangirwe ya serivise mu nzego zibegereye (Citizen Report Card/CRC), rikorwa na RGB, abaturage bo mu turere twa Kayonza na Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba, bagaragaje ko bishimiye serivisi...
Read More
Amerika: Uwishe abantu 50 abandi 53 bagakomereka ngo yabanje guhamagara
Igitero cyakorewe mu kabyiniro k’abahuje igitsina (Abatinganyi), abantu 50 bahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru Taliki ya 12 Kamena 2016, mu mujyi wa Orlando muri Leta ya...
Read More