Nyuma yuko abagabo batatu bagwiriwe n’ikirombe imiryango yabo, ababazi bagatangira guhangayika bibwira ko byarangiye, nyuma yuko kandi umwe muribo avuyemo ari muzima, abandi babiri nabo bakuwemo bakiri bazima nyuma y’amasaha agera kuri 29 bari...
Read More
Perezida Robert Mugabe yongeye kubabaza abatari bacye
Umukambwe Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko uyoboye igihugu cya Zimbabwe yababaje abatari bacye mu gihugu cye ubwo we n’umuryango we bahaga impano y’amadolari ya Amerika ibihumbi 60 ku munsi w’isabukuru y’amavuko ya muramu we....
Read More
Kamonyi: Impanuka ikomeye y’Imodoka ihitanye ubuzima bw’abantu 2
Mu masaha ashyira saa kumi n’ebyiri z’uyu mugoroba munsi y’akarere ka Kamonyi habereye impanuka ya Taxi Minibus yarimo kwerekeza Kigali iva mu majyepfo, babiri bahise bapfa ako kanya abandi bataramenyekana umubare bakomeretse harimo n’abakomeretse...
Read More
Urugamba rwo gukumira no kurwanya ukwishora mu biyobyabwenge rurakomeje-polisi
Polisi y’u Rwanda ishyira imbaraga mu gukangurira Umuryango nyarwanda kwirinda kwishora mu biyobyabwenge; haba kubyinjiza mu gihugu, kubitunda, kubicuruza, kubinywa cyangwa kubikoresha. Imikwabu Polisi ikora hirya no hino mu gihugu ifatanyije n’izindi nzego iyifatiramo...
Read More
Abapolisi b’u Rwanda kubwo kurinda abaturage muri Santarafurika(CAR) bashimiwe na UN
Umuryango w’Abibumbye washimye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) buzwi nka Multidimensional Stabilization Mission in Central African Republic (MINUSCA) kubera bihutiye gutabara no kurinda abaturage b’iki...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Gutora Kagame ni ihame ridakuka-Abaturage
Mu gikorwa cyo kwamamaza Paul Kagame, umukandida w’umuryango RPF-Inkotanyi, igikorwa cyabereye mu murenge wa Nyamiyaga kuwa 21 Nyakanga 2017, abaturage bahamya ko bashingiye kubyo amaze kugaragariza u Rwanda ku mutora ngo ni ihame ridakuka....
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Igiterane cyo gusengera Amatora n’Igihugu cyahuruje imbaga
Igiterane gihuje amadini n’amatorero agera kuri 14 abarizwa mu murenge wa Kayenzi kuri iki cyumweru cyahuje imbaga y’abayoboke bayo mu gikorwa kigamije gusengera Amatora no gusengera Igihugu muri rusange. Abanyamadini n’amatorero atandukanye akorera mu...
Read More
Imfungwa 114 z’abanyasomaliya zari zifungiye muri Etiyopiya zasubijwe iwabo
Abategetsi b’Igihugu cya Somaliya batangaje ko kuri uyu wa gatandatu bakiriye abaturage b’iki gihugu 114 bari bamaze iminsi bafungiye muri gereza z’igihugu cya Etiyopiya. Imfungwa z’Abanyasomaliya zishyika ku 114 zari mu magereza y’Igihugu cya...
Read More
Abatwara ibinyabiziga bijya mu bikorwa byo kwiyamamaza barasabwa kwitwararika
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda, riributsa abatwara ibinyabiziga bijyana abantu mu bikorwa byo kwamamaza abakandida bahatanira kuzayobora u Rwanda, kwitwararika bakubahiriza amategeko y’umuhanda mu rwego rwo kwirinda impanuka....
Read More
Kamonyi: Yatawe muri yombi na Polisi azira amafaranga y’amakorano
Umugabo Gatwaza w’imyaka 49 y’amavuko kuri uyu mugoroba yafatiwe mu murenge wa Rukoma arimo gutanga amafaranga ibihumbi bitanu y’amakorano, yaje gusanganwa andi ibihumbi 95 yari abitse nayo y’amakorano. Amakuru yizewe agera ku intyoza.com arahamya...
Read More