Mu ntangiriro z’iki cy’umweru ku bufatanye n’izindi nzego zishinzwe umutekano na Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bweyeye bafashe umugabo ufite ibiro 20 by’urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Chief Inspector...
Read More
Abapolisi biga mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) bari mu rugendoshuri mu Bushinwa
Icyiciro cya 7 cy’abapolisi bakuru 30 baturuka mu bihugu 9 bya Afurika biga iby’ubuyobozi mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riherereye mu karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri ruzamara icyumweru mu gihugu cy’...
Read More
Kamonyi: Mu ishuri rya Crimson haravugwa amatiku n’inzangano byatumye 6 mu barimu bahagarikwa
Ikigo cy’ishuri rizwi nka Crimson Academy giherereye mu Kagari ka Kagina, Umurenge wa Runda abarimu 6 baherutse guhagarikwa barataha. Abirukanwe bashinja umuyobozi w’iki kigo inzangano n’amatiku. Ubwo igihembwe cya mbere cy’amashuri cyasozwaga, umuyobozi w’ikigo...
Read More
Kicukiro: Polisi yasubije umumotari moto ye yari yibwe
Mu mpera z’icyumweru dusoje Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kicukiro yasubije umumotari moto ye yari yibiwe aho yayiparitse. Nshimyumuremyi Aimable w’imyaka 36 y’amavuko asanzwe akorera umurimo w’ubumotari mu karere ka Kicukiro...
Read More
Rubavu: Umusore yafatanwe udupfunyika turenga 400 tw’urumogi
Polisi y’u Rwanda ikomeje kugira inama abafite uruhare mu gukwirakwiza ibiyobyabwenge kubireka kuko ibihano n’ingaruka zigera k’uwabifatanwe byiyongereye. Ibi bitangaje nyuma yaho ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Mata 2019, ishami rya Polisi...
Read More
Karongi: Kubahiriza amategeko byatumye umumotari yitandukanya n’ukekwaho icyaha
Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara ibinyabiziga kujya bagira amakenga y’ibyo batwaye mu rwego rwo kwirinda kupakira ibintu bitemewe n’amategeko birimo ibiyobyabwenge, magendu n’ibindi kandi igihe bahagaritswe n’inzego z’umutekano bakabikora hagamijwe kwirinda kwitwa abafatanyacyaha igihe...
Read More
Rusizi: Bibukijwe ko bagomba kwicungira umutekano mbere yo gucunga uw’abandi
Abatwara abantu kuri moto no mu bwato bo mu karere ka Rusizi basabwe kugira uruhare mu mutekano w’aho bagenda kandi bakarushaho gukorana n’inzego zitandukanye hagamijwe kurushaho kubahiriza amategeko no gukumira icyahungabanya umutekano. Mu nama...
Read More
Imihigo yacu tuyihagazemo neza, nta muhigo ugomba kugwingira – Impamyabigwi Aldo Havugimana
Intore yo kumukondo Aldo Havugmana mu izina ry’Impamyabigwi yijeje ubuyobozi bw’itorero ry’Igihugu n’Inama nkuru y’itangazamakuru ndetse n’Abanyarwanda muri rusange ko uyu mwaka uzarangira nta muhigo utareswa. Mu mahugurwa yateguriwe Impamyabigwi zigiye kujya ku Rugerero ruciye...
Read More
Rubavu: Murugo rw’umuturage hafatiwe udupfunyika dusaga 900 tw’urumogi
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu kuri uyu wa 22 Mata 2019 yafashe umugabo n’umugore we bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza urumogi mu baturage. Polisi yafashe uwitwa Soda Mossi Saudi w’imyaka 39 y’amavuko...
Read More
Menya icyo Imana ishaka ko wakora mu gihe uzaba wubashye ibyo yagutegetse gukora.
Umukozi w’Imana Rev./ Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nk’uko...
Read More