Icyumweru kirashize umuturage wo Mukagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga akubiswe na DASSO akamumena ijisho. Ubu kwa muganga bamaze kurikuramo. Umuryango w’uyu muturage uravuga ko kuva bamugeza kwa muganga batarabona umuyobozi n’umwe ubageraho, byaba...
Read More
Kamonyi: Abarokotse Jenoside I Musambira barasaba guhabwa amakuru y’aho ababo bajugunywe
Kuri uyu wa 25 Gicurasi 2021, I Musambira Bibutse ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi. Bashyinguye mu cyubahiro imiri 7 yabonetse mu Tugari twa; Rukambura, Cyambwe na Karengera. Abarokotse Jenoside, bavuga ko bakomeje...
Read More
Rusizi: Ukuriye RIB ku rwego rw’Akarere(DCI) yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwatangaje ko rwaraye rutaye muri yombi umukozi warwo ku rwego rw’Akarere ka Rusizi( DCI). Uwafashwe, akurikiranyweho kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi magana atatu y’u Rwanda( 300,000Frws) ku gira ngo afashe mu gufungura...
Read More
Kamonyi: Gukubitwa na DASSO byamuviriyemo gukurwamo ijisho
Twiringiyimana Aimable, ubu arwariye mu bitaro by’amaso bya Muganza, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi. Ni nyuma yo gukubitwa ndetse akamenwa ijisho na DASSO w’akagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga. Mu bitaro aho...
Read More
Muhanga: Irimbi ryavuzwe ahashakishirizwa imibiri y’abatutsi mu bitaro bya Kabgayi ryaba ari igihuha?
Uko iminsi igenda yiyongera niko imibare y’ahashakishirizwa imibiri y’Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa mu bitaro bya Kabgayi yiyongera, aho imaze kugera kuri 971. Gusa, nubwo bigeze mu cyumweru cya Gatatu iki gikorwa gitangiye, haranibazwa...
Read More
Abitwaje intwaro bagabye igitero ku ngabo z’u Rwanda zibakubita inshuro
Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa 24 Gicurasi 2021 yasohoye itangazo ivuga ko yasubije inyuma igitero cy’abarwanyi ba FLN mu ijoro ryacyeye, aho bateye baturutse i Burundi ahitwa Giturashyamba muri Komine Mabayi bambutse...
Read More
Leta ya Belarus irashinjwa gushimuta indege igamije gufata umunyamakuru w’impirimbanyi utavuga rumwe nayo
Ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi biri kwamagana igikorwa cyo kuyobya indege cyabaye kuri iki cyumweru kugira ngo abategetsi bafate impirimbanyi yo muri Belarus. Umukuru w’Ubumwe bw’Uburayi yise icyo gikorwa “gushimuta” naho ibiro by’ububanyi n’amahanga...
Read More
Muhanga: Kabgayi hamaze kuboneka imibiri isaga 906, abafite amakuru bakomeje kuyahisha
Uko iminsi igenda yiyongera niko imibiri y’abatutsi bishwe muri Jenoside 1994 bari bahungiye i Kabgayi igenda iboneka aharimo gusizwa ikibanza cy’ahazubakwa inzu y’ababyeyi. Ni mu gihe abafite amakuru bo bakomeza kuyahisha. Perezida w’umuryango uharanira...
Read More
Umugaba mukuru w’Ingabo za Nigeria yaguye mu mpanuka y’indege
Umugaba mukuru w’ingabo za Nigeria Liyetona Jenerali Ibrahim Attahiru yapfiriye mu mpanuka y’indege muri leta ya Kaduna iri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’igihugu, nkuko abategetsi babivuga. Byabaye ubwo indege yari arimo yari irimo kugerageza...
Read More
Icyamamare muri muzika, Lady Gaga yahishuye uko yafashwe ku ngufu agaterwa inda
Lady Gaga yahishuye ko yigize guta ubwenge bivuye ku guhohoterwa gushingiye ku gitsina kwasize atwite. Gaga avuga ko yari afite imyaka 19 ubwo yakoreshwaga imibonano mpuzabitsina ku ngufu n’umugabo utunganya muzika, wamukangishije gutwika indirimbo...
Read More