Agahenge hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas wo muri Palestina kagiye mu ngiro. Katangiye kuva ku masaha y’igicuku cyo kuri uyu wa gatanu. Ibi bihagaritse imirwano yo kurasanaho ibisasu imaze iminsi 11, isize abantu...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: DASSO bivugwa ko yakubise umuturage akamumena ijisho yashyikirijwe RIB
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021, umukozi w’urwego rwunganira akarere ka Kamonyi mu gucunga umutekano-DASSO, Usabuwera Jean Baptiste ukorera mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga, yafashwe ashyikirizwa RIB...
Read More
Afurika y’Epfo: Abagore mu nzira yo kwemererwa kugira abagabo benshi
Leta ya Afurika y’Epfo irimo kwiga uburyo yahindura amategeko arebana na Mbonezamubano. Ni mu gihe mu ntangiriro z’uku kwezi yasohoye urwandiko rwerekana bimwe mu byo iteganya guhindura birimo no kwemerera abagore gushakwa n’abagabo benshi....
Read More
Icyamamare muri muzika, Rihanna ari mu rukundo n’umuraperi ASAP Rocky
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”. Ibihuha ku kuba aba bahanzi b’ibyamamare baba barimo kureshyanya...
Read More
Abangavu barasabwa kwirinda guca inzira z’ubusamo bagiye gukuzamo inda batewe batazishaka
Umuhuzabikorwa w’umuryango Ihorere Munyarwanda Organization (IMRO), Mwananawe Aimable avuga ko abakobwa n’abangavu badakwiye kunyura inzira z’ubusamo bajya gukuramo inda batewe, ko ahubwo bakwisunga zimwe mu ngingo ziri mu mategeko zibibemerera, aho kubikora mu buryo...
Read More
Namibia: Impinja ebyiri z’impanga zavutse ku batinganyi zemerewe gutaha mu gihugu
Leta ya Namibia yatanze inyandiko zihutirwa z’inzira ku mpinja z’abakobwa b’impanga bavuka ku batiganyi babiri bo muri iki gihugu, aba bamaze igihe bahirimbanira ko abana babo bemererwa kwinjira muri Namibia. Mu kwezi kwa gatatu...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Haravugwa DASSO wakubise umuturage akamumena ijisho
Usabuwera Jean Baptiste, umukozi w’urwego rwunganira akarere mu mutekano(DASSO), aravugwaho ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 ahagana ku i Saa mbiri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga ahazwi nko...
Read More
Malawi: Inkingo hafi ibihumbi 20 za AstraZeneca zatwitswe
Leta ya Malawi yatwitse inkingo 19,610 za AstraZeneca zarangije igihe. Nicyo gihugu cya mbere ku mugabane wa Afurika kibikoze. Mu gutwika izi nkingo, Malawi yakurikije inama zatanzwe n’ikigo cya Afurika gishinzwe kugenzura indwara ‘Africa...
Read More
Kamonyi-Mugina: Ni inde uzabazwa urupfu rw’uruhinja rwazize kudatabarirwa igihe
Mu kigo nderabuzima cya Mugina, uruhinja ruherutse kubura ubuzima ruvuka. Ni ikigo gisanganywe imodoka y’Imbangukiragutabara, ariko umushoferi w’amanywa yahawe Ibitaro. Ubwo umubyeyi yagiraga ibibazo mu kubyara, yabuze ubufasha ngo agezwe ku bitaro bya Remera-Rukoma,...
Read More
Icyamamare mu kumurika imideri, Naomi Campbell ku myaka 50 yibarutse imfura ye
Uyu mugore w’imyaka 50 yatangaje aya makuru anyuze kuri Instagram aho yashyize ifoto y’ikiganza cye gifashe uturenge tw’uruhinja rw’umukobwa yibarutse. Naomi Campbell, yanditseho ati: “Umwana muto w’umugisha yampisemo ngo mbe nyina, nishimiye kugira iyi...
Read More