Ubufaransa buvuga ko buzahanagura ideni ringana na Miliyari 5 z’Amadolari buheraniwe na Sudani, Ubudage nabwo bwemera guha imfashanyo icyo gihugu, mu nama irimo kubera i Paris, yo gufasha Sudani no kuzamura ubukungu bwa Afurika...
Read More
Abarasta biyambaje urukiko rwa Kenya, basaba kwemererwa gukoresha “Urumogi”
Kuri uyu wa mbere itsinda ry’abantu( bazwi nk’Abarasita) ryagiye mu rukiko muri Kenya gusaba ko bemererwa gukoresha urumogi ku mpamvu “z’ukwemera” kwabo. Abagize Rastafari Society of Kenya, bavuga ko bari muri ba nyamucye mu...
Read More
Bill Gates yasezeye muri Microsoft mu gihe yarimo akorwaho iperereza ku rukundo n’undi mugore
Kompanyi ya Microsoft yari irimo ikora iperereza kuri Bill Gates, umwe muri babiri bayishinze. Ni iperereza rijyanye n’umubano n’undi mugore wari umaze imyaka 20, mbere gato yuko yegura akava mu buyobozi bukuru bwayo mu...
Read More
Muhanga: I Kabgayi, hamaze kuboneka imibiri 573 y’abazize Jenoside
Hagiye gushira ibyumweru 3 hatangijwe igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bahungiye i Kabgayi baziko bazaharokokera ariko bicwa n’interahamwe. Muri iki gikorwa, imibiri y’abatutsi bahiciwe igenda iboneka uko bashakisha....
Read More
Perezida Biden yasabye agahenge mu mirwano ikomeje gushyamiranya Israel na Gaza
Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko ashyigikiye ko habaho gutanga agahenge nyuma y’iminsi umunani y’urugomo hagati ya Israel n’intagondwa z’Abanye-Palestina zo muri Gaza. Iki gihugu cy’igihangange cyongeye kandi gutambamira icyifuzo cy’akanama k’umutekano ka ONU...
Read More
Ibihumbi 745 by’abantu bicwa no gukora amasaha menshi ku mwaka-Ubushakashatsi
Amasaha menshi y’akazi arimo kwica abantu babarirwa mu bihumbi amagana buri mwaka, nkuko bivugwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO). Ubu bushakashatsi bwa mbere bukozwe ku rwego rw’isi kuri iyi ngingo, bugaragaza ko...
Read More
Muhanga: Abazunguzayi n’abashinzwe umutekano wa Gare baravugwaho gukorana mu bucuruzi butemewe
Abacuruzi bakorera mu kigo gitegerwamo imodoka n’abagenzi cya Muhanga baravuga ko batakibona abaguzi biturutse ku bakorera ubucuruzi butemewe muri iki kigo bakorana n’abacunga umutekano, aho babareka bakikorera kubera amafaranga babaha ngo baborohereze. Bamwe mu...
Read More
Umunyamakuru wa The NewYork Times yambuwe uburenganzira bwo gukorera muri Ethiopia
Etiyopiya yambuye uruhushya rwo gukorera mu gihugu umunyamakuru Simon Marks w’ikinyamakuru The New York Times, cyandikirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ibyo kwambura uyu munyamakuru uruhushya, byemejwe n’ubuyobozi bw’icyo kinyamakuru bufite icyicaro mu mujyi...
Read More
Abazungu n’Imbwa zabo batabawe mbere y’abirabura mu gitero cy’abiyitirira idini ya Islam muri Mozambike
Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu-Amnesty International rivuga ko abatabazi bitwararitse cyane ku bazungu n’imbw zabo mu gihe habaga igitero cy’abitwaza idini rya Islam mu kwezi kwa gatatu muri Mozambike. Ni imbwa ebyiri zatabawe...
Read More
Tanzania mu nzira yo koroshya ibiciro byo guhamagara no kwitaba muri EAC
Biteganyijwe ko kugera mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka Tanzania nayo izaba yemeje amasezrano ya One Network Area yo koroshya ikiguzi cyo guhamagara no kwitaba kuri telephone muri Africa y’Iburasirazuba. Iki gikorwa cya Tanzania...
Read More