Ikigo Terrence Higgins Trust gikorera i London mu Bwongereza, umwaka ushize cyatangaje inama kigira abantu mu gihe bashaka gukora imibonano mpuzabitsina muri iki gihe cy’icyorezo cya Covid-19. Kivuga ko bakwiye kwirinda gusomana, bakambara agapfukamunwa...
Read More
Abacanshuro 4 bakekwaho kwica Perezida wa Haiti bishwe barashwe, abandi bafatwa mpiri
Abantu bane bacyekwaho kwica Perezida wa Haïti Jovenel Moïse biciwe mu kurasana n’inzego zishinzwe umutekano, nkuko polisi yabivuze. Abandi babiri bafunzwe, mu gihe abandi bacyekwaho kumwica byibazwa ko bakiri mu murwa mukuru Port-au-Prince. Umukuru...
Read More
Jacob Zuma yavuye ku izima yemera kwishyikiriza Polisi
Jacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’epfo yishyikirije Polisi ngo atangire igifungo yakatiwe kubera gusuzugura urukiko. Yari amaze iminsi yarinangiye ndetse hari n’abakunzi be baje iwe kwitambika ngo hatagira umutwara. Kuri uyu wa gatatu...
Read More
Donald Trump yareze mu rukiko Kompanyi; Twitter, Facebook na Google ku munigana ijambo
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, uwahoze ari umukuru w’Igihugu Donald Trump, yatangaje ko yashyikirije urukiko ikirego ku bigo bikomeye bitatu by’ikoranabuhanga. Avuga ko bimunigana ijambo ku buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru,...
Read More
Burundi: Inzego z’iperereza n’iz’umutekano zirimo n’iz’u Rwanda zahagurukiye ikibazo cy’Umutekano muke
Inama ya kane y’abayobora inzego z’iperereza n’umutekano mu bihugu byo mu karere k’Afurika y’ibiyaga bigali yasoje imirimo yayo i Bujumbura mu Burundi. Yasabye ko habaho guhagurukira ikibazo cy’imitwe yitwaje intwaro ikomeje guhungabanya umutekano muri...
Read More
Covid-19: Urukiko rwemeye gusubika urubanza rwa Karasira Aimable kubera ibibazo birimo no kuba ataramera neza
Urubanza rwa Aimable Karasira rwasubitswe kuko ‘ataramera neza nyuma yo gukira Covid-19’. Hiyongeraho kandi ko uruhande rwe rwasabye inyandiko ya muganga itaraboneka, yerekana uko ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze. Karasira, uzwi mu biganiro...
Read More
Perezida wa Haiti yiciwe iwe mu rugo
Perezida wa Haïti Jovenel Moïse yiciwe mu gitero cyagabwe ku rugo rwe, nkuko byavuzwe na Claude Joseph, Minisitiri w’intebe w’inzibacyuho (cyangwa w’imfatakibanza mu Kirundi). Bwana Joseph yavuze ko urugo rwa Perezida rwo mu murwa...
Read More
Kamonyi-Kwibohora27: Umuturage yitangiye bagenzi be ngo babone umuriro w’amashanyarazi
Ni mu Murenge wa Rukoma, Akagari ka Murehe aho abaturage 21 biyemeje kwibohora bishakira umuriro w’amashanyarazi bamwe batigeze mu myaka isaga 40 bahamaze. Umwe muri bo witwa Mukawiringiye Deborah, ari n’umwe mu bazanye igitekerezo,...
Read More
Abasenateri ba DR Congo bambuye ubudahangarwa uwahoze ari Minisitiri w’Intebe
Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Augustin Matata Ponyo Mapon wahoze ari Minisitiri w’intebe. Ibi byakozwe hagamijwe ku mukuraho amaboko ngo bitume ashobora gukurikiranwa mu maperereza ku inyerezwa ry’imari ya Leta....
Read More
Uyu ni umunsi wo “Gusomana”, inzobere zivuga ko kubikora ari ingenzi mu buzima
Buri mwaka tariki ya 06 Nyakanga, ni umunsi abantu ku Isi yose bizihiza umunsi mpuzamahanga wo “Gusomana”. Inzobere zivuga ko iki ari igikorwa cy’ingenzi mu buzima. Hari uburyo butandukanye bikorwamo, ariko byose bishingiye ku...
Read More