Perezida w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye yirukanye uwari Minisitiri w’ubucuruzi, ubwikorezi, inganda n’ubukerarugendo Capitoline Niyonizigiye amuziza ibyo yise guhindanya isura y’u Burundi. Yashinjwe gukora” ibikorwa bibangamira intumbero za Guverinoma… binahindanya isura y’u Burundi”. Itangazo...
Read More
Sudan: Abantu 10 barasiwe mu myigaragambyo barapfa
Abaganga bo muri Sudan bavuga ko abantu 10 bishwe barashwe ubwo abashinzwe umutekano bageragezaga gutatanya imyigaragambyo y’abamagana ihirikwa ry’ubutegetsi ryakozwe n’igisirikare mu kwezi gushize. Imyuka iryana mu maso yarashwe ku rindi tsinda ry’abigaragambya mu...
Read More
Muhanga: Akarere karasabwa Miliyoni 21ngo gasubirane ahahoze sitade yitiriwe Mbonyumutwa
Nyuma yuko mu mwaka wa 2009 ikigo cy’Igihugu cy’ubwishingi mu Rwanda(RSSB) gihawe ikibanza cy’ahahozemo sitade yitiriwe Mbonyumutwa wabaye Perezida w’u Rwanda, nyuma yuko habayeho ubukererwe bwo ku cyubaka, hakaba hanavugwa ko nta bushobozi, akarere...
Read More
Muhanga: Gitifu waregwaga gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no gutera indwara idakira yarekuwe
Uwahoze ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga, Ntezirembo Jean Claude, washinjwaga icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina kugahato akanamutera indwara idakira yagizwe umwere ku byaha 2 yari akurikiranweho, we hamwe na Niyomugabo Eric byavugwaga...
Read More
Muhanga: Ahahoze ari Hotel Concorde hagiye gusenywa
Hashize igihe kirekire hari amazu abarirwa mu mutungo wa Leta ariko ugasanga harimo adakoreshwa neza ngo atange umusaruro kuri tumwe mu turere tuyafiteho uburenganzira. Muri aka karere ka Muhanga, ku cyahoze kitwa Hotel Concorde...
Read More
DR Congo: Urukiko rwavuze ko nta bubasha rufite bwo kuburanisha uwahoze ari Minisitiri w’Intebe
Urukiko rurinda iremezo ry’itegekonshinga rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwatangaje ko rusanga nta bubasha rufite bwo kuburanisha uwahoze ari Minisitiri w’intebe Augustin Matata Ponyo. Uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe, Matata Ponyo hamwe...
Read More
Inzu ya Donald Trump imaze imyaka 120 yaguzwe akayabo ka Miliyari zisaga 375 z’u Rwanda
Biravugwa ko Trump Organization yageze ku bwumvikane bwo kugurisha imwe muri Hotel zayo zikomeye kuri miliyoni $375 (arenga miliyari 375Frw). Muri uko kugurwa, Trump International Hotel izahita ifata izina rya Waldorf Astoria maze icungwe...
Read More
Muhanga: Minisitiri Gatabazi aributsa abajyanama kuvugira ababatumye aho kwirebaho
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yibukije ko umujyanama adasaza, bityo ko ugomba gutorwa agomba kurenga ibyo kwirebaho ahubwo akavugira abamutumye agamije kubashakira iterambere rirambye aho kubatererana. Ibi Minisitiri Gatabazi, yabivugiye kuri Sitade...
Read More
Muhanga: Hari abataka kwibwa insinga zibagezaho umuriro w’amashanyarazi
Bamwe mu baturage batuye mu bice bigize umujyi wa Muhanga baravuga ko hari abajura bateye burira ibiti bitwara insinga zibagezaho umuriro w’amashanyarazi bakaziba, bigatuma bamara igihe badacana. Murengezi Dominique, avuga ko abajura baje bagakata...
Read More
Julian Assange washinze urubuga rwa Wikileaks yemerewe kurongorera umukunzi we muri Gereza
Julian Assange yahawe uruhushya rwo kurongorera/ugushyingirirwa n’umukunzi we Stella Moris muri Gereza ya Belmarsh mu Bwongereza, nk’uko BBC dukesha aya makuru ibitangaza. Uyu mugabo watangije urubuga rwa Wikileaks hamwe n’umukunzi we Moris basanzwe bafitanye...
Read More