Iminsi ishize ari myinshi abaturage b’Umurenge wa Runda mu bice bitandukanye badasiba gutaka ubugizi bwa nabi bakorerwa n’abo bavuga ko ari amabandi cyangwa se Abajura babatera ndetse bakanabategera mu nzira bitwaje intwaro Gakondo, bakabatema,...
Read More
Muhanga: Ubuyobozi bwategetswe kwishyura no kubakira umuturage wasenyewe inzu
Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yategetse akarere ka Muhanga kubakira umuturage witwa Nikuze Vestine wasenyewe inzu n’Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamabuye buvuga ko yubatswe mu buryo butujuje ibyasabwaga. Uretse ku mwubakira, bwanasabwe kumwishyura ibyaburiye muri uku...
Read More
Muhanga: Ingengo y’imari ivuguruye irasaga Miliyari 3 z’amafaranga y’u Rwanda
Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga yatoreye ingengo y’Imari y’Inyongera ingana na Miliyari 3,731, 337,749 frw. Kuvugururwa kwayo ikongerwa, bisobanuye ko ingengo y’Imari yose hamwe yabaye Miliyari 32,172,500,730 frw ivuye kuri Miliyari 28,441,162,981 z’amafaranga y’u...
Read More
Nyarugenge: Umuzunguzayi yacakiye ubugabo bw’umunyerondo arabukanda
Umuzunguzayi w’umugore wacururizaga hafi y’isoko ryo mu karere ka Nyarugenge, ubwo yamburwaga ibyo yacuruzaga, yadukiriye umunyerondo acakira ubugabo bwe arabukanda. Mu kwirwanaho yitabara, umunyerondo yagwanye hasi n’uyu muzunguzayi wakomeretse bikomeye ugutwi. Gukomereka kwako byibazwaho?....
Read More
Muhanga: Hatangijwe umushinga ubarirwa mu ma Miliyari uzafasha abahinzi-borozi guhindura ubuzima
Abahinzi n’aborozi bo mu Rwanda barasabwa gutegura imishinga ijyanye n’ibyo bakora bagahabwa inguzanyo y’amafaranga bazishyura ku rwunguko rw’ 8%. Ibi byagarutsweho ubwo hasobanurwaga ibijyanye n’umushinga CDAT ugamije guteza imbere ubuhinzi bugamije ubucuruzi no kugabanya...
Read More