2024

Kamonyi-Musambira/Kwibuka30: Jenoside ntabwo ari Amateka y’Umuntu ku giti cye-Visi Meya Uwiringira Marie Josee

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee yabwiye Abanyamusambira n’inshuti zabo zaje kubafata mu mugongo mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi ko“Kwibuka” ari Amateka y’Abanyarwanda, Amateka...
Read More

Kamonyi-Nyarubaka/Kwibuka30: Imiyoborere myiza irangajwe imbere na Perezida Kagame iduha icyizere ko Jenoside itazongera kubaho ukundi-Visi Meya Uwiringira Marie Josee

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee yasabye abaturage b’Umurenge wa Nyarubaka n’inshuti zabo baje kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, guharanira ko buri wese yumva akamaro...
Read More

Kamonyi-Mugina/Kwibuka30: Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi barasaba kubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi, basaba ko bakubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka y’ibyabereye muri iki gice cy’Amayaga. Hiciwe Abatutsi benshi nyuma yo kwicwa k’uwari Burugumesitiri wa Komine...
Read More

Kamonyi-Karama/Kwibuka30: Kwiyubakamo Ubudaheranwa bizagamburuza uwo ariwe wese wifuzaga ko mwazima-Guverineri Kayitesi

Umurenge wa Karama wo mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 22 Mata 2024 bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi wari umushyitsi mukuru, yihanganishije Abarokotse Jenoside, abasaba...
Read More

Kamonyi-Rukoma: Uwakuwe mu kirombe ari muzima yaguye kwa muganga-CHUK, bagenzi be baraye mu nda y’Isi bakuwemo bapfuye

Bari abagabo batatu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Koperative KOMIRWA (COMIRWA) mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 22 Mata 2024. Umwe witwa Bucyanayandi Evaliste...
Read More

Kamonyi-Rukoma/Kwibuka30: Urukundo n’Ubumwe niwo murage dukwiye kubakiraho“UBUDAHERANWA”bw’Abanyarwanda-Visi Meya Uwiringira

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee, yasabye Abaturage b’Umurenge wa Rukoma n’inshuti zabo zaje ku bafata mu mugongo mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ko...
Read More