Ibirometero bisaga bitanu, amasaha asaga abiri, amafaranga y’ingendo kuri moto, ni bimwe mu byari bigoye bamwe mu baturage ba tumwe mu tugari tw’umurenge wa Ntongwe mu karere ka Ruhango hamwe n’utugari tubiri two mu...
Read More
Guverinoma yaseswa ariko urukuta rwasezeranijwe rukubakwa- perezida Trump
Umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye kwizeza abanyamerika ko umugambi we wo kubaka urukuta ku mupaka na Mexique akiwukomeyeho, ko nubwo byamusaba gusesa ibikorwa bya Guverinoma yabikora ariko urukuta...
Read More
Icyiciro cya 8 cy’Abapolisi b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’Amahoro muri Haiti bahawe impanuro
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Kanama 2017, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 140 barimo ab’igitsinagore 20 bagize icyiciro cya 8 (FPU VIII) bagiye kujya mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Haiti, bahawe impanuro...
Read More
Agatereranzamba mu migenderanire ya Amerika n’Uburusiya
Leta ya Washington yabaye ihagaritse by’agateganyo gutanga visa zijya mu Burusiya nyuma y’uko abadiplomates bayo birukanywe mu Burusiya. Ihagarikwa ry’izi Visa, abategetsi ba Amerika batangaza ko zizakurwaho ku bajya i Moscou ariko ku bajya...
Read More
Uruganda rwa SUPA rufashwe n’inkongi y’umuriro rurashya
Uruganda rwa SUPA ruherereye mu mujyi wa Kigali ruzwi cyane mu gukora ibikoresho byifashishwa ahanini mu isuku rwafashwe n’inkongi y’umuriro rurashya, Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ibyo kuzimya inkongi z’imiriro yatabaye. Ku gicamunsi cyo...
Read More
Nta muturage ugomba kongera gupfa ariwe n’Ingona-Guverineri Mureshyankwano
Mu nama yahuje Umuyobozi w’Intara y’amajyepfo hamwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi na Muhanga, Ingabo, Polisi hamwe n’ubuyobozi bwa WASAC, umuyobozi w’Intara yatangaje ko nta Ngona igomba kongera kwica umuntu. Kuri uyu wa mbere tariki...
Read More
Ukekwaho kuba mu gitero cy’iterabwoba cyahitanye abantu muri Espagne yarashwe arapfa
Igipolisi cyo mu gihugu cya Espagne nyuma yo guhuruzwa n’umugore wari ubonye isura isa n’iy’uwashakishwaga cyahuruye maze ubwo cyashakaga guhunga Polisi ikirasaho gihita gipfa. Umusore wari wiziritseho igisasu yarashwe na police arapfa mu mugi...
Read More
Ibiyobyabwenge bigizwe n’urumogi n’inzoga zitemewe byafashwe na Polisi
Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda yafashe udupfunyika 1000 tw’urumogi na litiro zirenga 1,400 z’inzoga zitemewe; ifatwa ryabyo rikaba ryaraturutse ku gutangira amakuru ku gihe. Uru rumogi rwafatanywe uwitwa Rutayisire Jusuf ku itariki...
Read More
Kamonyi: Impanuka y’Imodoka yakomerekeyemo babiri barimo Tandiboyi
Hagati y’ahitwa Mugomero na Nkoto mu murenge wa Rugarika mu masaha y’igicamunsi, ikamyo yo mu bwoko bwa CHACMAN yagonganye n’imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi FUSO babiri mu bari muri izi modoka barakomereka. Ikamyo...
Read More
Ingabo z’ubumwe bwa Afurika n’iza Somariya zigaruriye aho Al-Shabab yari yarafashe
Igice cya Bariire cyari kimaze iminsi kiri mu maboko ya Al-Shabab, kuri uyu wa gatandatu cyagiye mu maboko y’ingabo za Somaliya zifatanije n’ingabo za Afurika yunze ubumwe nyuma y’Imirwano. Ingabo z’umuryango w’ubumwe bwa Afurika...
Read More