Imikino y’igikombe cyitiriwe Umurenge Kagame Cup ku rwego rw’Akarere yasojwe kuri iki cyumweru tariki 25 Werurwe 2018. Ikipe y’Umurenge wa Rukoma ( Abahungu) izahagararira Akarere ku rwego rw’Intara, Abakobwa ba Kayenzi babe aribo bazaseruka....
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abaturage n’abayobozi bizihije umunsi w’amazi basangira amazi buzi
Tariki ya 22 Werurwe ni umunsi ngarukamwaka wahariwe kuzirikana amazi. Abaturage bo mu Kagari ka Remera n’abagakikije bifatanije n’abayobozi basukura ivomo rimwe ribarizwa muri aka Kagari, nyuma baganira ku kamaro k’amazi, basangira amazi. Rehema...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abaturage bati Kagame Cup ni iyacu, tuzagwa inyuma y’ikipe yacu
Igikombe cyitiriwe Umurenge Kagame Cup kirarimbanije mu Karere, ikipe y’Umurenge wa Rukoma yageze ku mukino wanyuma ku rwego rw’imirenge 12 igize aka Karere, irahura n’Umurenge wa Nyarubaka. Ubufasha n’inkunga y’ikipe muri iki gikombe ngo...
Read More
Kamonyi-Musambira: Umusore w’imyaka 21 y’amavuko ngo yakubise se bimuviramo urupfu
Mu ijoro ryo kuwa 23 Werurwe 2018 mu Murenge wa Musambira, Akagari ka Karengera, Umudugudu wa Nyarusange, uwitwa Bayavuge Pascal yakubise se umubyara ajyanwa ku bitaro bya Remera-Rukoma aho yaje kugwa. Amakuru agera ku...
Read More
Inkuru ndende ya “URUSARO” Igice cya munani
Inkuru ya “URUSARO” igeze aho nawe yumva Urukundo, umutima we wabonye uwo wishimira. Yarenze akababaro n’agahinda ke asigaye afitiye impuhwe Gabby ku byamubayeho. Duherukana mu ishyingurwa rya se wa Gabby basoma impapuro z’irage se yasize...
Read More
Bugesera-Mayange: Ababaga inyama z’injangwe n’imbwa bakazirya bakanazigurisha bunyama bafashwe
Abantu batatu kuri uyu wa kane tariki 22 Werurwe 2018 bafatanywe inyama z’injangwe babaze n’izikiri nzima mu Murenge wa Mayange. Bivugwa ko bazibagaga bakazirya izindi bakajya kugurisha. Injangwe n’imbwa muri aka gace ngo ni...
Read More
Inkuru ndende ya “URUSARO” Igice cya karindwi
URUSARO amaze kunyura mu nzira z’inzitane, inzira z’amahwa ahanda, kwakira inzira y’ubuzima bwe birasharira. Gabby akomeje kumurema agatima no ku mwereka ko amukunda. Mu gice cyabanje, Duheruka Dr Charles yinjira kuvura Se wa Gabby,...
Read More
Nta mukozi, nta muyobozi mu Karere uzongera guhembwa mwarimu atarahembwa-Guverineri Mureshyankwano
Ikibazo cyo kudahembwa kwa mwarimu kugera n’aho amezi yihirika kumwe ku kavaho ukundi ni uko, cyafatiwe ingamba zikarishye niba zizubahirizwa. Umukozi cyangwa umuyobozi mu Karere ngo ntazongera guhembwa mwarimu atarahembwa nk’uko Guverineri w’Intara y’Amajyepfo...
Read More
Kamonyi: Abarimu mu kaga, Amezi ashize ari abiri batazi umushahara, ukwagatatu kuri munzira
Abarimu mu Karere ka Kamonyi amezi yihiritse ari abiri batazi ikitwa umushahara. Bavuga ko ubuzima bwa mwarimu udahembwa kandi akora bumushyira mu kaga ndetse kikaba ikibazo ku ireme ry’uburezi. Akarere kavuga ko ikibazo kitakareba, ko...
Read More
Perezida Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa ngo yatawe muri yombi na Polisi y’Ubufaransa
Polisi y’Ubufaransa yataye muri yombi Nicolas Sarkozy wahoze ayoboye Igihugu cy’Ubufaransa. Arasabwa gusobanura amafaranga bivugwa ko yakiriye mu mwaka wa 2007 mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa. Aya mafaranga ngo yayahawe na Kaddafi wayoboraga Libiya....
Read More