Ingabire Claudine wasezerewe n’ibitaro bya Kabgayi kuwa gatanu tariki 20 Nyakanga 2018 yitabye Imana kuri iki cyumweru tariki 22 Nyakanga 2018. Uyu mubyeyi ubwo yasezererwaga yatashye akirimo Serumu y’ibitaro abwiwe ko ngo nta kibazo afite...
Read More
Zaza: Abagabo bafashe icyemezo cyo gukangurira abagore babo kwiyamamaza mu matora y’Abadepite
Nyuma y’ikiganiro Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro “PAX PRESS” wagiranye n’abaturage n’abayobozi bo mu Murenge wa Zaza, mu Karere ka Ngoma, mu ntara y’Iburasirazuba ku burenganzira bw’umugore mu matora, abagabo biyemeje gukangurira abagore kwiyamamariza imyanya...
Read More
Zaza: Ikoranabuhanga riracyagora abaturage mu kwikosoza no kwiyimura kuri lisiti y’itora
Gukoresha telefoni bikosoza cyangwa biyimura kuri lisiti y’itora, biracyagora abaturage n’abimukira batuye mu murenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma, mu ntara y’Iburasirazuba. Bamwe bavuga ko batagira telephone naho abandi bakavuga ko batazi kuyikoresha...
Read More
Rwamagana-Gishari: Basobanukiwe n’ibyiza byo gutahiriza umugozi umwe mu muryango bibafasha kwesa imihigo
Umushinga Indashyikirwa wafashije imiryango itari mike mu Murenge wa Gishari kumenya uburenganzira bwa buri umwe ku mutungo w’urugo. Kumenya ubu burenganzira ngo byabereye benshi inzira yo kwesa imihigo mu muryango no gusigasira amahoro mu...
Read More
Rwamagana-Gishari: Abafashamyumvire bafashije imiryango kwirinda amakimbirane mu muryango
Abagore b’abafashamyumvire mu Murenge wa Gishari mu karere ka Rwamagana, bavuga ko nyuma yo guhugurwa ku burenganzira bw’Umugore ku mutungo n’amakimbirane mu muryango, bafashishe ingo zitari nke kugira amahoro. Bamwe mu bagore bari babayeho...
Read More
GUSABA GUHINDUZA AMAZINA KWA UZAMUKUNDA Beatrice
UZAMUKUNDA Beatrice mwene Rwangano Charles na Nyirakanyana Ancille, yandikiye Minisiteri y’Ubutabera ayisaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye, akongeramo izina MUKOSHA rya Nyirasenge witabye Imana kera. Iri zina nawe ubwe akiri muto bakaba bararimuhimbaga. intyoza.com...
Read More
Imodoka zifite ibirahure byijimye zashyiriweho umukwabu wo kuzifata
Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangiye gukora umukwabu wo...
Read More
Uburasirazuba: Polisi yafatiye abantu babiri mu bikorwa byo gutanga Ruswa
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage kutishora mu ngeso zo gushaka kwaka, kwakira cyangwa gutanga ruswa. Ruswa, imunga ubukungu bw’igihugu, ikanimakaza akarengane. Polisi, ifatanya n’inzego zitandukanye kuyirwanya. Mu rwego rwo kurwanya ruswa, Polisi ifata abayishoramo....
Read More
Rubavu: Abatwara abagenzi kuri Moto bakanguriwe kubahiriza amategeko y’Umuhanda
Abatwara abagenzi kuri moto bakorera mu Mujyi w’Akarere ka Rubavu bakanguriwe kubahiriza amategeko ajyanye n’iyi mirimo kugira ngo birinde gukora cyangwa guteza impanuka mu muhanda; ndetse banirinde ibyaha bifitanye isano na byo. Ibi babisabwe ku...
Read More
Kamonyi-Musambira: Abantu bataramenyekana bateye abaturage barabatema, barabakubita, barabakomeretsa
Mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira iya 14 Nyakanga 2018 mu Murenge wa Musambira, abantu bataramenyekana bateye abaturage mu tugari dutandukanye. Bamwe mu baturage baratemwe, barakubitwa baranakomeretswa. Abaturage, batangaza ko kubera ubwoba batagitarama...
Read More