Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi buratangaza ko bukomeje gukangurira abaturage bagejeje igihe cyo gutora uburyo bwo gutora abazabahagararira mu Nteko ishinga amategeko ndetse bakanabasobanurira n’ibyiciro bizatorwa. Umurenge wa Nyamiyaga utuwe n’abaturage...
Read More
Muhanga-Shyogwe: Bijejwe umutekano usesuye nyuma yo kwibasirwa n’abagizi ba nabi
Abagizi ba nabi biraye mu baturage b’Umurenge wa Shyogwe, Akagari ka Ruli bagatema bane bakabakomeretsa, byatumye inzego zirimo Igisirikare na Polisi zihaguruka. Kuri uyu wa kane tariki 12 Nyakanga 2018 mu nama y’umutekano yahuje...
Read More
Kamonyi-Kigembe: Umugore yatemye umugabo akoresheje umupanga ahunze afatwa atarenze umutaru
Kuri uyu mugoroba wa tariki 12 Nyakanga 2018 mu Murenge wa gacurabwenge, Akagari kigembe ho mu Mudugudu wa Mushimba umugore yatemye umugabo we akoresheje umupanga. Amaze kumutema, umugabo yatatse atabaza umugore akizwa n’amaguru. Binyuze...
Read More
Muhanga: Abagizi ba nabi bitwaje imihoro n’ibisongo batemye abantu bane
Mu Murenge wa Shyogwe, Akagari ka Ruli ho mu Midugudu ibiri uwa Murambi na Nyagacyamo mu ijoro ryakeye tariki 11 Kamena 2018 agatsiko k’abagizi banabi katemye abantu bane mu ngo zitandukanye. Abatemwe bose uko...
Read More
Muhanga: Barashinja abacuruza Ciment kwiba imisoro, kwigiriza nkana ku baguzi bahanika ibiciro ku buryo bukabije
Abacuruza ibikoresho by’ubwubatsi by’umwihariko abacuruza Ciment, barashinjwa n’abaguzi ko biba imisoro ya Leta, kuba bahanika ibiciro bya Ciment ku buryo bukabije nyamara umuguzi wa Ciment agategekwa gutwara inyemezabwishyu idahwanye n’amafaranga yatanze yakwanga akimwa Ciment...
Read More
Muhanga: Umugabo yafashwe na Polisi akekwaho kashe eshatu z’ibigo bitandukanye z’inyiganano
Ku wa mbere tariki 9 Nyakanga 2018, Polisi mu karere ka Muhanga yafatanye uwitwa Niyombonwa Theodore kashe eshatu z’Ibigo bitandukanye z’inyiganano. Kashe uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko yafatanywe harimo iy’ishuri rya APARUDI College de...
Read More
Gatsibo: Abakozi bo mu kigo nderabuzima bakurikiranyweho kugurisha ifu igenewe abana
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo, ku tariki ya 8 Nyakanga 2018 yafashe Uwanyirawe Sandrine ufite imyaka 36 na Hakizimana Aimable w’imyaka 24 bakora mu kigo nderabuzima cya Nyagihanga giherereye mu murenge wa...
Read More
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB rwafashe imiti y’agaciro ka Miliyoni 25 yagize uruhare mu kwica inka
Farumasi 52 zakorewemo igenzura, 18 murizo zabonywemo imiti itemewe aho bikekwa ko yanagize uruhare mu kwica inka 26 mu Karere ka Gatsibo. Gupfa kw’inka no kurwara kumaze iminsi kwitirirwa gusa indwara y’Ubuganga( Rift Valley...
Read More
Amajyepfo: Indwara y’Ubuganga ( Rift Valley Fever) nyuma yo kwica inka 13 muri Kamonyi yavugutiwe umuti
Indwara y’Ubuganga (Rift Valley Fever ) mu Ntara y’Amajyepfo yagaragaye mu nka zisaga 50. Yibasiye cyane Akarere ka kamonyi aho yishe 13, inka 27 zikaramburura. Yagaragaye kandi mu karere ka Muhanga na Nyanza. Inzego...
Read More
Kabarondo: Barishimira ko ubutabera bw’Ubufaransa bwumvise akababaro kabo
Abaturage barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu cyahoze ari Komini Kabarondo 1994, barishimira ko Urukiko rw’ubujurire mu gihugu cy’Ubufaransa rwemeje igihano cyo gufungwa burundu cyari cyarahawe Barahira na Ngenzi bayoboraga Kabarondo mbere no mu...
Read More