Igihembwe cya kabiri gisoza umwaka w’amashuri abanza n’ayisumbuye kirarangiye, inzego zitandukanye zirasabwa korohereza abanyeshuri mu ngendo kugira ngo bagere mu miryango yabo amahoro. Polisi y’u Rwanda irakangurira ibigo by’amashuri n’ibigo bitwara abagenzi korohereza abanyeshuri...
Read More
Kamonyi/Kayenzi: Bari ku rugamba rw’Umuhigo wo kutagira umugore n’umugabo babana badasezeranye
Imiryango 13 yabanaga itarasezeranye mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Remera mu kagari ka Bugarama yasezeranye imbere y’amategeko kuri uyu wa 18 Nyakanga 2019. Uyu Mudugudu ufite imiryango yose hamwe 338 ariko ine niyo yitambitse mu...
Read More
Itsinda ry’Abanyatogo ryakoreye urugendoshuri muri Polisi y’u Rwanda
Itsinda ry’abayobozi baturutse mu gihugu cya Togo mu ishami rishinzwe kurwanya ruswa n’ibyaha biyishamikiyeho, kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2019, bakoreye urugendoshuri muri Polisi y’u Rwanda ishami ryayo rishinzwe ubugenzuzi no...
Read More
Kamonyi/Musambira: Umurambo w’umusore wabonywe mu giti cya avoka
Umurambo w’umusore witwa Niyomuabo Gad w’imyaka 21 y’amavuko bikekwa ko yishwe anizwe cyangwa se akaba yiyahuye wabonywe mu gitondo cyo kuri uyu wa kane Tariki 18 Nyakanga 2019 mu giti cya avoka anigishije umugozi...
Read More
Kamonyi/Rukoma: Gahunda ya Nibature ibafasha kwishakamo ibisubizo
Abaturage b’Umurenge wa Rukoma mu Kagari ka Taba bari muri gahunda bise “Nibature” aho bahamya ko ari imwe mu nzira zo guhura bagakemura byinshi mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’umuturage. Ni gahunda ikorwa muri...
Read More
ONGERA WIBUKE KO IMBARAGA Z’ IMANA YACU ZIKORA IBINTU UMUNTU ADASHOBORA KWIYUMVISHA UBWE
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Musanze: Mu ishuri rikuru rya Polisi hatangijwe amahugurwa y’abapolisi 17 baturuka muri Interpol
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’Igihugu- National Police College (NPC) rihereye mu karere ka Musanze, kuri uyu wa mbere tariki 15 Nyakanga 2019, hatangijwe amahugurwa y’icyumweru yitabiriwe n’ibihugu bigera kuri cumi na kimwe by’ibubimbiye...
Read More
Gisagara: Ikibazo bafite ku byiciro by’Ubudehe si amazina ni icyo bibamariye
Bamwe mubaturage b’Umurenge wa Gishubi, Akarere ka Gisagara mu kiganiro urubuga rw’Abaturage n’Abayobozi gitegurwa n’umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro (PaxPress) cyabereye muri uyu murenge kuri uyu wa 16 Nyakanga 2019, bagaragaje ko nta kibazo batewe...
Read More
Ukwezi kw’Ibikorwa bya Polisi: Hamenwe ibiyobyabwenge by’asaga Miliyoni 480 hirya no hino
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa mbere Tariki 15 Nyakanga 2019 yatangije ibikorwa byayo bizamara ukwezi. Ibyo bikorwa bigabanyijemo ibyumweru bine aho muri iki cyumweru kibanza cyahariwe ubukangurambaga bugamije gushishikariza buri wese gukumira no...
Read More
WICIKA INTEGE ZO KWAKIRA IMIGISHA IRI INYUMA Y’IBYO BIGERAGEZO BYAWE – Rev./ Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More