Abashakashatsi mu gihugu cya Kenya barashaka abantu 400 bafite ubushake bo gufasha mu igeragezwa ry’igishobora kuba urukingo rwa coronavirus mu bushakashatsi bwa kaminuza ya Oxford yo mu Bwongereza. Abakenewe ni abakozi mu by’ubuzima si...
Read More
Urubyiruko rw’Abagide rurashishikariza abandi kugira akarima k’igikoni
Urubyiruko rw’Abagide mu Rwanda, ruri mu bukangurambaga bugamije gukangurira urubyiruko guhinga uturima tw’igikoni, bityo bikabafasha kudata umwanya mubidafite umumaro, ahubwo bakarushaho kurwanya imirire mibi babyaza umusaruro umwanya bafite, ari nako barushaho gukumira ingaruka z’icyorezo...
Read More
Mu bipimo 1,074 byafashwe none habonetsemo abarwayi batatu ba Covid-19
Mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa 26 Gicurasi 2020, ryerekana uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze, hagaragajwe ko habonetse abarwayi 3 bashya b’iki cyorezo, bakuwe mu bipimo 1,074 byafashwe none. Abantu 244...
Read More
Bwa mbere mu mateka ya Costa Rica, bemeye ubukwe bw’abahuje igitsina burataha, barashyingirwa
Mu gihugu cya Costa Rica, habaye ubukwe bwa mbere bw’abahuje igitsina. Nicyo gihugu cya mbere muri Amerika yo hagati gihinduye amategeko akabibahera uburenganzira. Abagore babiri bakundana nibo babaye aba mbere bashyingiwe, ni ibirori byabaye...
Read More
Gitifu Jabo Paul w’Intara y’Amajyepfo nawe ahagaritswe ku mirimo, ahita anasimbuzwa by’agateganyo
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2020, yahagaritse ku mirimo bwana JABO Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo. Uyu akurikiye CG Emmanuel K. Gasana wari Guverineri w’iyi Ntara. Mu ibaruwa yandikiwe...
Read More
Mexique: Abaganga bigaragambije, bashinja Leta gushyira ubuzima bwabo mu kaga
Abakozi bo mu rwego rw’Ubuvuzi mu gihugu cya Mexique, bagiye mu mihanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2020, basaba Leta ibikoresho bihagije birimo n’ibibafasha kwikingira mu gihe bavura abarwayi ba Covid-19. Aba bakozi bigaragambije,...
Read More
Kamonyi: Abarimu bongeye gutaka itinzwa ry’imishahara yabo
Abarimu bo mu Karere ka Kamonyi, nyuma y’uko mu kwezi gushize babonye amafaranga y’umushahara wabo bitinze, na none baravuga ko hongeye kubaho ugutinda kw’imishahara yabo. Ubuyobozi bw’Akarere bwo buravuga ko nta ruhare bufite mu...
Read More
Gatabazi JMV, nyuma yo gukurwa ku mwanya wa Guverineri yasabye imbabazi Perezida Kagame
“Ndasaba imbabazi ku cyo aricyo cyose naba naragutengushyeho”. Ni amwe mu magambo yo gusaba imbabazi k’uwari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney. Hari muri iki gitondo cya tariki 26 Gicurasi 2020, ubwo abinyujije...
Read More
Guverineri CG Emmanuel K. Gasana na Gatabazi JMV bahagaritswe ku mirimo, hari ibyo bakurikiranweho
Mu itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2020, rivuga ko Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakuye ku mirimo ba Guverineri; CG Emmanuel K.Gasana...
Read More
Mu bipimo 892 byafashwe none habonetse abarwayi 9 ba Covid-19
Imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima, igaragaza uko icyorezo cya Covid-19 kiriwe gihagaze kuri uyu wa 25 Gicurasi 2020, igaragaza ko abantu 9 bashya bakuwe mu bipimo 892 byafashwe none. Hajize umuntu umwe gusa, mu...
Read More