Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, mu kagari ka Rwoga, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango Abanyamakuru bakorera mu Ntara y’Amajyepfo baremeye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bamugabira Inka. Baremeye kandi umubyeyi...
Read More
Ruhango: Hagenimana bamusanze yapfuye nyuma yo kuvugwaho gutema batatu barimo na Nyirabukwe
Umugabo w’Imyaka 30 y’amavuko witwa Hagenimana Vincent utuye mu Murenge wa Byimana, Akarere ka Ruhango, ahagana ku I saa tatu z’ijoro ry’uyu wa 17 Nyakanga 2023 yatemye abantu batatu barimo umugore we na Nyirabukwe,...
Read More
Kamonyi-APPEC: Hamuritswe ibyumba bizagabanya ubucucike, abagiye mu biruhuko bahabwa umukoro
Ubuyobozi bwa College APPEC Remera Rukoma TSS hamwe n’ubwishuri ryabwo ribanza-EP-APPEC bamurikiye Ababyeyi, Abanyeshuri n’inzego zitandukanye ibyumba 2 by’amashuri byubatswe mu kugabanya ubucucike mu mashuri. Basoje kandi umwaka w’ishuri 2022-2023, basaba abagiye mu kiruhuko...
Read More
Kamonyi: Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye abanyeshuri kwirinda ibishuko
Mu kuzirikana ibikorwa bya Padiri Ramon, Musenyeri wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Ntivuguruzwa Balthazar yasabye abanyeshuri biga mu kigo cyitiriwe Padiri Ramon giherereye mu Murenge wa Ngamba ahazwi nka Kabuga, ko ubwo bagiye mu...
Read More
Muhanga: Haravugwa ukuboko kw’abakomeye mu birombe by’amabuye y’Agaciro
Bamwe mu baturage mu karere ka Muhanga by’umwihariko mu bice bitandukanye by’ahakorerwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro baravuga ko hari abayobozi b’imirenge n’abandi bakomeye batagaragara ariko bazwi bongeye gushyira ukuboko mu birombe by’amabuye y’agaciro. Bahamya ko...
Read More
Ubufatanye, Kubigira ibyacu byatumye duhiga utundi turere-Meya Kayitare
Mu bikombe byatanzwe na Polisi y’Igihugu biciye mu bukangurambaga bwakoze ku isuku n’ isukura, umutekano no kurwanya igwingira ry’abana, Akarere ka Muhanga kahize utundi gahabwa igikombe n’icyemezo cy’Ishimwe. Akarere ka Muhanga niko kaje ku...
Read More
Kamonyi/Kwibohora 29: Abahuriye muri Koperative COALFKA batashye inzu y’ubucuruzi biyujurije
Abaturage bahuriye muri Koperative y’Ubuhinzi bw’imboga n’imbuto-COALFKA bo mu Murenge wa Mugina bakorera ibikorwa by’ubuhinzi mu gishanga cya Kavunja, kuri uyu wa 04 Nyakanga 2023, bizihije ku nshuro ya 29 umunsi wo Kwibohora bataha...
Read More
Ngororero-Kwibohora29: Ubumwe bw’Urubyiruko n’abagore bwabafashije kugera ku iterambere
Urubyiruko n’abagore bo mu karere ka Ngororero, baravuga ko kwishyira hamwe bakunga ubumwe byatumye bagera ku iterambere ryiza. Muri urwo rugendo, bavuga ko nubwo hari aho bamaze kugera ariko ngo ntabwo barabasha kugera aho...
Read More
Kamonyi-Nyarubaka: Umukozi wa ISCO yishwe ahambiriwe, apfutse umunwa
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 02 Nyakanga 2023, mu Mudugudu wa Ruseke, Akagari ka Kambyeyi, Umurenge wa Nyarubaka ho mu Karere ka Kamonyi, umukozi(umusekirite) wa Kompanyi icunga umutekano ya ISCO yasanzwe yishwe,...
Read More