POLITIKI

Ubuhinzi

Kamonyi-Cooproriz: Amananiza mu kwishyura abahinzi no guhatirwa kuva muri banki ya BK

Bamwe mu bahinzi b’Umuceri mu kibaya cya Mukunguri babarizwa muri Koperative Cooproriz Abahuzabikorwa, by’umwihariko abafite Konti muri Banki ya...
Read More
Kamonyi: Dr Nahayo Sylvere yasuye kandi ahumuriza abahuye n’ibiza, MINEMA nayo yari ihari
Kamonyi-Nyarubaka: Inkangu yatwaye ubutaka n’imyaka by’abaturage bamwe basabwa kwimuka bwangu
Kamonyi-Mukunguri: Toni zisaga 10 z’umuceri zagurishijwe bumamyi n’umurobyi w’amafi
Kamonyi-MRPIC: Barashinja uruganda rw’Umuceri kubima agaciro rubashinja guteza“akajagari”
Kamonyi-COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA: Mugenzi Ignace yaciriye umuvuno umusimbuye, amwereka ko ikibuga giharuye

Ubuzima

Kamonyi-Nyarubaka/Kwibuka30: Imiyoborere myiza irangajwe imbere na Perezida Kagame iduha icyizere ko Jenoside itazongera kubaho ukundi-Visi Meya Uwiringira Marie Josee

Kamonyi-Mugina/Kwibuka30: Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi barasaba kubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka
Kamonyi-Karama/Kwibuka30: Kwiyubakamo Ubudaheranwa bizagamburuza uwo ariwe wese wifuzaga ko mwazima-Guverineri Kayitesi

Kamonyi-Nyarubaka/Kwibuka30: Imiyoborere myiza irangajwe imbere na Perezida Kagame iduha icyizere ko Jenoside itazongera kubaho ukundi-Visi Meya Uwiringira Marie Josee

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee yasabye abaturage b’Umurenge wa Nyarubaka n’inshuti zabo baje kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, guharanira ko buri wese yumva akamaro...
Read More

Kamonyi-Mugina/Kwibuka30: Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi barasaba kubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu murenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi, basaba ko bakubakirwa urwibutso rwagutse rujyanye n’amateka y’ibyabereye muri iki gice cy’Amayaga. Hiciwe Abatutsi benshi nyuma yo kwicwa k’uwari Burugumesitiri wa Komine...
Read More

Kamonyi-Karama/Kwibuka30: Kwiyubakamo Ubudaheranwa bizagamburuza uwo ariwe wese wifuzaga ko mwazima-Guverineri Kayitesi

Umurenge wa Karama wo mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 22 Mata 2024 bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi wari umushyitsi mukuru, yihanganishije Abarokotse Jenoside, abasaba...
Read More

Kamonyi-Rukoma: Uwakuwe mu kirombe ari muzima yaguye kwa muganga-CHUK, bagenzi be baraye mu nda y’Isi bakuwemo bapfuye

Bari abagabo batatu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Koperative KOMIRWA (COMIRWA) mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 22 Mata 2024. Umwe witwa Bucyanayandi Evaliste...
Read More

Kamonyi-Rukoma/Kwibuka30: Urukundo n’Ubumwe niwo murage dukwiye kubakiraho“UBUDAHERANWA”bw’Abanyarwanda-Visi Meya Uwiringira

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josee, yasabye Abaturage b’Umurenge wa Rukoma n’inshuti zabo zaje ku bafata mu mugongo mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ko...
Read More

Kamonyi-Kayenzi/Kwibuka30: Kwibuka bikwiye kutubera inzira yo gutekereza imibanire yacu nk’Abanyarwanda-Meya Dr Nahayo

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere kuri uyu wa 19 Mata 2024 yifatanije n’Abanyakayenzi hamwe n’inshuti zabo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Yababwiye ko “KWIBUKA” bikwiye kubera Abanyarwanda inzira nziza...
Read More

Intara y’Amajyepfo/Kamonyi: RMB yashyizwe mu majwi mu gutiza umurindi ubucukuzi butemewe

Intero yari imwe, haba mu bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Abayobozi b’Uturere(Meya), inzego z’umutekano zitandukanye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, aho babwiye Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peterori na Gaz( Rwanda Mining Boad-RMB) ko kuba rudatanga...
Read More

IMYIDAGADURO

Kamonyi-Rukoma: Abaturage bati“ Dufite impamvu zifatika zo gushima no kwitorera Perezida”
Icyamamare muri Muzika, Davido agiye kujyana mu nkiko ibinyamakuru byamubeshyeye
Urukundo rw’ibanga rwatumye yiyambura ikamba ry’ubwiza-Miss Japan ashyira
Kamonyi-Kagame Cup: Imirenge y’Umujyi yabujije iy’icyaro ibyishimo by’igikombe impande zose