Hari amashusho yagaragaje abakozi bo mu nteko ishingamategeko ya Australia bakora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina mu nzu y’inteko, ibi byatumye umwe mu bakozi bakuru yirukanwa. Byanatumye byinshi mu bitari byagashyirwe hanze bivugwa, Leta inengwa uko...
Read More
Umunyamerika yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa birwanya Leta ya Uganda
Polisi ya Uganda yatangaje kuri uyu wa mbere ko yataye muri yombi umuturage w’Amerika “kubera uruhare ashinjwa kugira mu bikorwa birwanya leta bigamije kubangamira imikorere yayo”. Umunyamerika Guy Smith yatawe muri yombi ku cyumweru...
Read More
USA: Umugabo yishe arashe abantu 10 barimo n’umupolisi
Umugabo witwaje imbunda yishe abantu 10, barimo n’umupolisi, nyuma y’impagarara zamaze amasaha mu isoko ry’imboga ryo muri leta ya Colorado, nkuko polisi y’Amerika ibivuga. Icyo gitero cyabereye mu mujyi wa Boulder, cyarangiye hari inkomere...
Read More
Impunzi zishwe n’umuriro wadutse mu nkambi yazo muri Bangladesh
Umuriro w’inkazi wadutse mu kambi y’impunzi z’aba Rohingya mu majyepfo ya Bangladesh kuri uyu wa mbere, utwika inzu ibihumbi kandi wica abantu batari bake. Ibi byatangajwe n’abategetsi hamwe n’ababyiboneye. Mohammed Shamsud Douza, wungirije umutegetsi...
Read More
Leta ya Misiri mu mugambi wo gukora urukingo Sinovac rwa Covid-19
Guverinema ya Misiri ifite icyizere cyo kuzabasha kusinya amasezerano na sosiyeti y’Ubushinwa Sinovac Biotech Ltd (SVA.O) mbere y’impera z’uku kwezi kwa gatatu, kugirango urukingo rwayo rwa virusi ya corona rukorerwe mu Misiri. Minisitiri w’ubuzima...
Read More
Abana 4 bari mu bapfiriye mu mubyigano w’ibihumbi by’abaturage basezeraga kuri Magufuri
Umugore n’abana bane bapfiriye mu mubyigano w’abashakaga kureba isanduku irimo umurambo wa John Magufuli ku kibuga cy’indege. Andi makuru avuga ko abapfuye bashobora kuba barenga 40 nubwo abategetsi batabyemera. Abantu ibihumbi bibarirwa muri za...
Read More
Minisitiri w’Intebe wa Pakisitani yanduye Coronavirus nyuma y’iminsi 2 ayikingiwe
Imran Khan, Minisitiri w’Intebe wa Pakistani, yanduye icyorezo cya Coronavirus nyuma y’iminsi ibiri ahawe urukingo rwayo( Doze ya mbere). Minisitiri w’Ubuzima w’icyo gihugu, Faisal Sultan yemeje aya makuru kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru gishize...
Read More
Umugaba w’Ingabo z’u Bufaransa yavuze ko kuzishinja uruhare muri Jenoside ari “Igitutsi”
Umugaba w’ingabo z’Ubufaransa general François Lecointre yahakanye ibirego bishinja izo ngabo uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, avuga ko ari “igitutsi ku basirikare bacu”. General Lecointre, nawe wari mu ngabo z’Ubufaransa zaje mu...
Read More
Kamonyi: Abahinzi ba KAWA bahawe “Ubwasisi”, bavuga ko ari agaciro kuri bo no kuri yo
Ubuyobozi bwa Koperative Dukunde Kawa ikorera mu Karere ka Gakenke, bwahaye abahinzi ba Kawa bo mu Murenge wa Musambira, Akarere ka kamonyi“ Ubwasisi” buturuka ku nyungu iyi Koperative yabonye nyuma yo kugurisha Kawa bahawe...
Read More
Uwahataniraga kuyobora Congo-Brazzaville yapfiriye mu bitaro
Umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville yitabye Imana nyuma yo kujyanwa mu bitaro mu Bufaransa kubera Covid-19, nk’uko bivugwa na radio mpuzamahanga y’Abafaransa RFI. Kuri iki cyumweru nimugoroba nibwo yajyanywe muri icyo gihugu,...
Read More