Ahagana ku I saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, uruhinja bigaragara ko rwari rukivuka kuko rwari rutarakurwaho urureri, rwakuwe mu musarane rukiri ruzima mu Mudugudu wa Kamashashi,...
Read More
Kamonyi: Ahazwi nko mu Gaperi imodoka yishe umwana w’imyaka 5 wavaga ku ishuri
Ahagana ku i saa munani zo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, mu Mudugudu wa Busasamana, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Musambira imodoka yo mu bwoko bwa Fuso ifite Pulake RAF 296...
Read More
DR CONGO: Abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo baguye mu gitero cya Bombe
Abasirikare babiri bishwe abandi batatu barakomereka. Ni nyuma y’aho igisasu cya Bombe giterewe muri kimwe mu birindiro by’aba basirikare ba Afurika y’Epfo bari muri Republika ya Demokrasi ya Congo, aho izi ngabo zoherejwe gufasha...
Read More
Liberia: Imyigaragambyo y’abagore b’abasirikare isize himitswe mugenzi wabo wigeze kwigira mu Rwanda
Umukuru w’igihugu cya Liberia Joseph Boakai yagennye Général de brigade Géraldine George, kuba Minisitiri w’Ingabo w’agateganyo. Ni nyuma y’imyigaragambyo y’abagore b’abasirikare yatumye uwo asimbuye yegura. Ni bwo bwa mbere muri iki Gihugu umugore ahawe...
Read More
Abasirikare 2900 ba Afurika yepfo bagiye kwiyongera ku basanzwe muri DR Congo
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yategetse ko Abasirikare 2900 boherezwa mu gufasha kurwanya imitwe y’inyeshyamba zibarizwa mu burasizazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Izi ngabo zizaba ziri mu rwego rw’ubutumwa bw’ingabo z’ishyirahamwe...
Read More
Kinshasa: Bigaragambije bamagana ibihugu byo mu Burengerazuba baraswaho ibyuka biryana mu maso
Polisi y’i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarashe imyuka iryana mu maso mu gutatanya imbaga y’abigaragambya bamagana za Leta zo mu burengerazuba bw’isi. Abigaragambya bashinja izo Leta kunanirwa gukoresha...
Read More
Kamonyi: Moto zahawe ba Gitifu b’Utugari aho kuba igisubizo zabereye benshi umuzigo w’ibibazo
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tugize Akarere ka Kamonyi hashize igihe bahawe Moto zo kubafasha mu koroshya urugendo igihe bari mu kazi. Ntabwo baziherewe ubuntu kuko hariho amafaranga(Nkunganire) Leta ibishyurira n’ayo ubwabo biyishyurira. Guhabwa izi Moto...
Read More
Leta ya DR Congo iravuga ko yagaruye ituze i Sake
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo- DRC yatangaje ko ituze ryagarutse muri ‘centre’ ya Sake muri Masisi nyuma y’uko abantu basaga ibihumbi kuri uyu wa gatatu bayivuyemo bagahunga imirwano berekeza i Goma. Minisiteri...
Read More
Urukundo rw’ibanga rwatumye yiyambura ikamba ry’ubwiza-Miss Japan ashyira
Umukobwa wavukiye muri Ukraine uheruka gutsinda irushanwa ry’Ubwiza-Miss Japan yeguye kuri uwo mwanya areka ikamba rye nyuma y’inkuru yatangajwe ivuga ko afitanye urukundo rw’ibanga n’umugabo wubatse. Yitwa Karolina Shiino, w’imyaka 26, yagizwe Miss Japan...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga/Umunsi w’Intwari: Uwatabara yatabarana namwe-Nyinawagaga Claudine-LODA
Muri Miliyoni 47 zatanzwe n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze(LODA), Abaturage n’Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bishatsemo andi bagera kuri Miliyoni 185 biyubakira Sitade ya Ngoma...
Read More