Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 27 Kanama 2018 ku nkengero y’umuhanda wa Kaburimbo ku gice cy’Umurenge wa Rugarika, hafi n’ahazwi nko ku Mugomero habonywe umurambo w’umuntu utahise amenyekana. Amakuru y’uyu muntu...
Read More
Karongi-Mutuntu: Inkuba yakubise umuntu ahita apfa inangiza
Imvura idasanzwe yaguye mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa 26 Kanama 2018 mu Murenge wa Mutuntu, yarimo inkuba. Iyi nkuba yishe umusore w’imyaka 17 y’amavuko. Nubwo muri rusange Intara y’Uburengerazuba ari hamwe mu...
Read More
Rwamagana: Abarenga 500 basoje amahugurwa abinjiza muri DASSO
Abasore n’inkumi 515 kuri uyu wa 25 Kanama 2018 bashoje amahugurwa abinjiza m’Urwego rushinzwe kunganira uturere mu kwicungira umutekano (DASSO), n’amahugurwa bari bamazemo igihe cy’amezi atatu mu ishuri rya Polisi rya Gishari (PTS) riherereye mu...
Read More
Kamonyi-Musambira: Abaturage 5 bakubiswe na Gitifu bageze kwa muganga bamwe bahishwa mu cyumba cy’abana
Abaturage bagera muri batanu bakubiswe mu buryo butandukanye n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rukambura mu ijoro ryo kuri uyu wakane tariki 23 Kanama 2018. Bamwe mu bakubiswe hari uwambuwe terefone n’amafaranga, hari kandi abajyanywe kwa...
Read More
Kamonyi-Umuganda: Hirya no hino bakoze umuganda usoza ukwezi kwa Kanama, hari ubutumwa bwatanzwe
Mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa gatandatu tariki 25 Kanama 2018 hakozwe umuganda usoza ukwezi. Mu Murenge wa Rukoma hubakiwe abatishoboye, Rugarika bakora mu gishanga cya Bishenyi, Kayenzi hubatswe inzu...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Habaye umukwabu babiri bafatanwa Urumogi na Litiro 260 za Muriture
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rukoma buri kumwe na Polisi ikorera muri uyu Murenge n’Inkeragutabara, kuri uyu wa 25 Kanama 2018 mu Kagari ka Gishyeshye, ku makuru bahawe n’abaturage, bafahe abagabo babiri bakoraga ibitemewe n’amategeko. Umwe...
Read More
Ngoma: Abagabo babiri bafatanywe ibiro 30 by’Urumogi
Mubikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge k’ubufatanye n’abaturage n’inzego z’umutekano mu karere ka Ngoma, abagabo babiri bafatanywe ibiro 30 by’urumogi bari batwaye kuri Moto TVs RC741X. Kuri uyu wa Kane tariki 23 Kanama 2018,...
Read More
Nyange: Hari bamwe mu baturage bumva ko abadepite 24 babagore bazatorwa n’abagore gusa
Mu biganiro bihuza abaturage n’abayobozi, bitegurwa n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro-Pax Press, abaturage ba Nyange tariki 20 Nyakanga 2018 ubwo baganiraga ku matora y’abadepite yegereje, abatari bake bagaragaje ko bazi ko abadepite 24 b’abagore mu nteko...
Read More
Kamonyi-Karama: Basabwe guhamya ukwemera kwabo bahundagaza amajwi kuri RPF-Inkotanyi
Uzziel Niyongira, V/Chairperson wa RPF-Inkotanyi akaba anashinzwe ibikorwa byo kwamamaza mu Karere ka Kamonyi, yasabye Inkotanyi za Karama kuzahamya ukwemera kwabo bayihundagazaho amajwi mu gihe cy’amatora y’Abadepite. Ibikorwa byo kwamamaza abakandida b’Umuryango RPF-Inkotanyi mu...
Read More
Kacyiru: Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye
Abapolisi kazi bibukijwe ko bashoboye kimwe na basaza babo bityo bakwiye kwirengagiza amateka yakunze kuranga umuryango nyarwanda wahezaga inyuma igitsina gore mu mirimo imwe n’imwe bitwaje ko ari abanyantege nkeya. Ibi ni ibyagarutsweho kuri uyu...
Read More