Abaturage batuye mu murenge wa Kigarama mu kagari ka Nyankurazo mu karere ka Kirehe bijeje Polisi y’u Rwanda kuba abafatanyabikorwa bahoraho mu kurwanya abakwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu kuko ari intandaro y’ibyaha bitandukanye birimo ihohoterwa...
Read More
Zaza: Gutora ni umuco ukomoka kuburere mboneragihugu
Mu Murenge wa Zaza ho mu Karere ka Ngoma, gutora ni umuco washinze imizi kubera uburere mboneragihugu abaturage bahawe kuva mu 2003, u Rwanda rutegura amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite. Muri Nzeri 2018,...
Read More
Kamonyi-Rukoma: RPF-Inkotanyi yamamaje abakandida bayo, ikora ku byifuzo by’abaturage
Umuryanga RPF-Inkotanyi ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri Tariki 21 Kanama 2018 wamamarije abakandida bawo mu Murenge wa Rukoma ku kibuga cy’ahazwi nko kurwina mu kagari ka Taba. Amagambo yabwiwe abaturage yakoze ku byifuzo byabo,...
Read More
Rubavu: Abafashamyumvire bibukijwe uruhare bafite mu gukumira ihohoterwa rikorerwa mu muryango
Umuryango w’abanyamadini atandukanye akorera mu Rwanda wishyize hamwe ugamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango (Rich) ufatanyije na Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu batanze amahugurwa ku bafashamyumvire bahagarariye abagore n’urubyiruko muri njyanama...
Read More
MINEDUC niyo yishe ireme ry’Uburezi-Frank Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Frank Habineza asanga nyirabayazana wo gupfa kw’ireme ry’uburezi mu Rwanda ari Minisiteri y’uburezi ubwayo. Uyu muyobozi, abishingira ngo kuri Porogaramu zidahamye zihora zihindagurika no guha...
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Umuturage yicishijwe icupa
Umuturage witwa Nkundibiza Innocent wo mu Kagari ka Kayonza, Umurenge wa Kayenzi yishwe akubiswe icupa mu ijoro ryo kuwa gatandatu Tariki 18 Kanama 2018. urupfu rw’uyu nyakwigendera ngo rwaba rwaraturutse ku gushyamirana ( Gucyocyorana)...
Read More
Kamonyi: Ishyaka Green Party ryijeje abaturage Banki izajya ibaguriza ashorwa mu buhinzi nta nyungu
Mu kwiyamamaza kw’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda- The Democratic Green Party of Rwanda mu Karere ka kamonyi, Umurenge wa Runda tariki 18 Kanama 2018, ryijeje abaturage ko ni ritorwa rizabaha Banki...
Read More
Musanze: Hangijwe ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe zo mu bwoko butandukanye
Polisi ikomeje ibikorwa byo kurwanya ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe. Kuri uyu wa 18 Kanama 2018 ku bufatanye n’inzego zitandukanye hamwe n’abaturage, Polisi mu karere ka Musanze yangirije mu ruhame inzoga zitemewe ndetse n’ibindi bicuruzwa bitujuje...
Read More
Nyaruguru: Barasabwa kwirinda ikintu cyose cyateza inkongi y’umuriro
Kuri uyu wa 17 Kanama 2018 mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Mata akagari ka Ruramba ishyamba rizwi nk’ibisi bya Huye ryafashwe n’inkongi y’umuriro yangiza ubuso bungana na Hegitari 20(Ha20). Polisi ikorera muri...
Read More
Kayonza: Barasabwa ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano zitemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza ifatanyije n’inzego z’ibanze, kuwa 15 Kanama 2018, bangije mu ruhame inzoga z’inkorano zitemewe zigera kuri litiro 850. Iki gikorwa cyabereye mu mirenge ya Murama na Rukara...
Read More